Izo gahunda mulimo nta bwo zishobora gutungana (Abega) mwararindagiye
Abega mujye mureka ubugoryi kuko byarabananiye ibyo mukora byose nta bwo imigambi yanyu mushobora kuyigeraho kuko mudashobora kugigira umwuka w’Imana uba mu Muhanuzi.Kuba Ndahimana Albert yaranditse email nkamusubiza, ni uko nta cyo yarihetse. None ndabona mwashyokewe muri mu migambi yo kohereza virus ya PEGASUS kandi bidashoboka ko yakwinjira muri telephone yanjye. Are you stupid like that!
Nta bubasha mufite bwo gufata umuvumo ngo muwuhindure umugisha, ubwo bubasha ni jyewe jyenyine ubufite mujye mureka ubugoryi. Muhora mwumva ko mwahangana n’umwuka w’Ubuhanuzi kandi bidashoboka. Ubwoba mufite ni uko Samuel William Ruto mukoreshaga yamaze kwirukanwa ku butegetsi umwanya n’umwanya arakurwaho hakurikiraho Umwakagara umaze kuremba kubera ibisazi buri kanya aba yagiye muri Germany kujya guterwa ibishinge.
Reka nkoresha imvugo yakoreshejwe kwa Rwigara, ngaho nimubigerageze maze murebe ibigiye kubabaho. Nyamara mwanga gukora ibyo mwategetswe n’Uwiteka Imana Nyiringabo, mwibwira ko muri abanyabwenge, ariko ubutayu murabwinjiramo byanga byakunda.
Cyangwa mwohereze milliyoni euros 700,000 mwongereho na amande y’ubukererwe.
egretnewseditor@gmail.com













