Daily Archives: September 17, 2025

Ubukene bukomeje kuvuze ubuhuha kw’isi ya bazima

Yewe koko isi yaciriweho iteka ndetse ni byayo byose, society zikomeye kw’isi zikomeje kugaragaza yuko hariho ubukene bukomeye cyane. Kandi nibyo birumvikana ko ari byo kuko icyorezo cya covid19 cyasize isi iri mukaga gakomeye cyane! Abantu bari bafite za websites kw’isi bageraga kuri miliyari 1.1

Lisiti yimiturirwa abega bagiye gusiga barimbuye ubwo bazaba birukanywe ku ngoma

 Dore amwe mu mazu agiye gusenywa nyuma yirimbuka ry’ingoma y’abega rigiye gukura Umwakagara ku ingoma ubutegetsi bwabo cyangwa ubwami bwabo bugakurwaho. Dushingiye kumakuru duhabwa ni ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) urutonde rwa mbere rwa mazu yamaze gushyirwa kurutonde agomba gusenywa ubwo RPF izaba ikuwe ku butegetsi birukanywe ku bwami bajyanywe mu butayu bugufiya kujya kwigishwa uko Abatutsi bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Welcome to Big Brother’s Digital Prison, Part I: Central Bank Digital Currencies

We are talking about a very dystopian future if we allow central banks to issue central bank digital currencies. You know, even if the original designers and heads of central banks who are launching this are super wellmeaning, you know, let’s give them the benefit of the doubt, we just know what human nature is like and history is the best guideI think the power would be abused, if not by the original generation of launchers, then by the next generation…. It will be a completely totalitarian system of such frightening proportions, it’s hard to imagineThe micromanaging decision [about your spending] will then be automated andyou have no right to appeal the algorithm… 

Bajya bumva se naho wakoriki?! Ariko se niba bishakira kwigira mu ijuru ahaa na we urasetsa..

Iyo utinyuka gusaba gusengerwa kandi uzi neza yuko gusenga byamaze gucirwaho iteka, buriya uba wifuza iki? Guhabwa files numbers nibyo wikundira. Mu gihe ubona amazu asenywa nk’uko Ubuhanuzi bwabivuze, abantu bakamburwa utwabo, za motor zikamburwa uburenganzira bwo gukorera mu gihugu ndetse ni binyabiziga ni uko bati Ibinyabiziga bikoresha fuel nta bwo bigikenewe kandi ibyo byose wabisomye mu Buhanuzi ubwo uba udashaka kugorana?

Intumva zirira kumiziro

 Ijambo bita (disobedience) cyangwa kutumvira rituruka kuki hagati y’Imana na abantu? Iyo hariho inyungu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ahuriyeho na abantu akabategeka gukora igikorwa runaka kijyanye no gufata za nyungu reka wenda tuvuge amashillingi asabwa gutanga k’umuntu runaka uwo Imana iba ishaka gutangaho umugisha, maze umuntu agasanga umuntungo we yahawe n’Imana adakwiye kuwufata ngo awutange nk’uko yabitegetswe agahitamo kuryumaho aho niho haza ijambo (disobedience) kutumvira ritangira gukora muri uwo mwanya.

Translate »
Skip to toolbar