Itangazo rirarebe abantu bose bazifuza kuzakora mu BWAMI bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nyuma y’ingoma y’abega
Nk’uko Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse mu buhanuzi, ndetse bikaba biri no mu manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Umugabo wese cyangwa umusore wese arasabwa kuba yaracyebwe cyangwa gusiramurwa (circumcision).
Umuntu wese uzifuza kuba yakorera Uwiteka Imana Nyiringabo mu bwami bwe nyuma yivanwaho ry’Umwakagara Paul Kagame arasabwa kuba adafite imanzi ku mubiri we (Tattoos) nk’uko bikubiye mu buhanuzi ndetse ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ijuru ryategetse yuko CV za bantu zizaba ziherekejwe nibyo bimaze kuvugwa hejuru, abazasaba akazi bose mbere yuko bahabwa akazi, hazabanza kurebwa yuko bujuje ibisabwa bakuyemo imyemda yabo bakagenzurwa yuko badafite ubwo busembwa kuko ari ikizira k’uwiteka Imana Nyiringabo.
NB: Ikintu gikomeye kuruta ibyo byose bivuzwe hejuru, umuntu wese uzaba agifitanye isano ni idini cyangwa urusengero agikomeje kujya murusengero naho yaba yujuje ibyo byose bivuzwe hejuru nta bwo CV ye izemerwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse.
Muzirikane yuko insengero zose za maze gucirwaho iteka ubu harakora imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zatangiye mu mwaka wa (2017).
Amakuru arambuye muraza kuyagezwaho mukanya kuri radio www.egretnews.com













