Ntabwo bigeze batandukana na nubu baracyakorana

Jan 30, 2022 njyanwa mu iyerekwa mbona impanga za bana (2) (twins) za nzika na nzigo, (RNC & RPF) mbona batonze umurongo bafashe isahani mu ntoki bazamuka umusozi aho balimo gutunganirizwa inzu bagomba kubamo kuri uwo musozi bagenewe aho bakwiye kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,Umwami Kigeli Ndoli ziliya mpanga wabonye ebyeri (twins) n’iz’abashambo n’abega, batonze umurongo basaba agasupu ngo bashyirirwe kw’isahane barishe impungure.Mbona n’Umwami Kigeli Ndoli waruri kuri uwo musozi nawe afashe isahane ari kumurongo maze haza umuyaga uturutse mu butayu bugufiya uhuha isahane Umwami Kigeli Ndoli yarafashe mukiganza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Igice cy’i (187) cy’Ubuhanuzi

Translate »
Skip to toolbar