Umwakagara Paul Kagame acirwa urubanza na SATAN arafungwa ngo kuko atakoze umulimo we neza!!!

April 20, 2022 njyanwa mu iyerekwa mbona urukiko rwitwa SATAN COURT rushyiraho urubanza rwo gucira Umwakagara Paul Kagame ngo kuko imilimo yahawe gukorera mu isi yabazima atayikoze neza.Urwo rukiko ikicaro cyarwo gikuru kiri mu gihugu cya China.Mbona abacamanza banzuye ko Umwakagara akatiwe gupfa kuko ari nta kindi gihano akwiriye.

Mbona ko Umwakagara Paul Kagame ajuririye murukiko rukuru rwitwa SATAN COURT OF APEAL, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,abega kazi nibo Umwakagara yashinze urwo rubanza.Baragenda bagera muri urwo rukiko rw’ubujurire rwa SATAN COURT OF APEAL,maze abacamanza ba SATAN batangira kumva ubujurire nabo banzura ko Umwakagara akwiye gupfa ngo kuko hariho imilimo imwe atakoze neza kandi yari ngombwa ko ikorwa neza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane,maze rirambwira riti,urukiko rwa SATAN bifuzaga ko,Umwakagara ashaka undi muntu umusimbura ku ngoma kugirango ingoma ya SATAN itazahanguka!Kugirango ibanga ry’uko SATAN ari we utegeka gakondo yabakiranutsi ritazigera rimenyekana.Ariko we yaranze agundira ubutegetsi bituma ibyahanuwe bigira agaciro imbere yamahanga,ni mbere yabanyagihugu aho baje kumenya ko Umwakagara ari umwuzukuru wa SATAN kandi ko yaje muri misiyo yo gutegekera SATAN na badayimoni no gusohoza imigambi ya SATAN mw’isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwiraa riti,Umwami Kigeli Ndoli hariho indi myuka ukwiye guciraho iteka ifite ubushobozi bungana n’ubwa SATAN.Iyo myuka mibi iba mu isanzure ry’ijuru nta handi hantu ishobora kuba usibye mukirere ifite ubushobozi cyangwa ububasha nk’ubwa SATAN,ariko iramwubaha kuko ari we mukuru kuko yahoze ari mukuru w aba Malaika mu ijuru.Iyo myuka irigennga nta bwo igengwa na SATAN,ariko ibikorwa byabo nibimwe,kandi nta bwo iyo myuka itanga report kwa SATAN imilimo yabo nukwangiza gusa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,iyo myuka yose ikora umulimo umwe na SATAN wo kuyobya isi nabayituye kugirango babulizemo umugambi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Iyo myuka ijya itanga ubwenge bwo mu isi,ariko ubwo bwenge batanga buba bwuzuyemo ubuhakana Imana yo mu ijuru aho usanga abitwa abashakashatsi benshi baba bafite bene ubwo bwenge butemera ko Imana ibaho kugirnago barusheho kuyobya ikiremwa muntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,abakorana niyo myuka mibi yaba iyo mukirere cyangwa iyo mu Nyanja,bavugana nayo bakoresheje IPAD technology face to face aho bitakiri ngombwa yuko bajya ikuzimu cyangwa bazamuka mukirere kujya gukorerayo inama uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice cy’i (196) cy’Ubuhanuzi

Translate »
Skip to toolbar