Daily Archives: July 12, 2025

Birabe M23 itagiye gutezwa icya munara bitazaba nk’ibya CNDP ya Laurent Nkunda

Amakuru aturuka mu mutwe wa M23 aravuga yuko harimo bombori bombori ituruka ku kuba igice kimwe cy’abayobozi balimo Willy Ngoma batifuza gushyikirana na Kinshasa bakaba bo bifuza ko aho bafashe hose ha handuka igihugu cyabo bakakiyobora bakihagura kuri DRCongo nk’uko muri Sudani ubu bimeze.

Umwakagara Paul Kagame ariganya Uwiteka na bacika cumu

Nkimara kumubwira ibyo, mbona haje umuyaga uturutse iburengera zuba, uza uzanye ibiti by’imbuto ziribwa, mbona izo mbuto Umuhanuzi mukuru arazisoroma hamwe na bakiranutsi, babaye intwari zo kwizera ndetse bakaba barakoze umurimo wabo uko bikwiriye badafite ubwoba bwo gushyigikira umurimo wa data maze bahabwa inshingano zo kuba abahagarariye iby’ibigaburwa by’ibyahanuwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Malaika ategura ubwihisho bw’abazarokoka intambara yo gukuraho ingoma y’abega

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wibuke yuko, ibi wa bihanuye biri mu butumwa bwahise igice cya 1-3 ndetse n’igice cya (4) cy’Ubuhanuzi, ndetse igice cya 8-9 havuga imyiteguro ya Leta y’Abarusiya barimo kwitegurira mu mazi uburyo bazarwana intambara y’isi yose bashakisha uko bakwigarurira ibice byahoze ari ibyabo ubwo icyo gihugu cyari kigizwe na Leta zabasoviyete uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Translate »
Skip to toolbar