Urabe wumva birenge ni wowe ubwirwa!!! Ntabwo biri cyera ahubwo biri vuba cyane!!!

OCT 22,2024 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli bwira «ADELINE MUKANGEMANYI RWIGARA» n’umukobwa we «SHIMA DIANA RWIGARA» bitegure gukurwa kw’isi ya bazima kuko Uwiteka Imana Nyiringabo abirukanye kw’isi ya bazima kubera gusuzugura imanza zitabera n’Ubuhanuzi bw’Umwami Kigeli Ndoli akaba n’umucamanza mukuru uca imanza zitabera z’abatuye isi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu mulima wabo bejeje amasaka meza cyane ageze igihe cyo gusarurwa, mu gihe mu mulima wa baturanyi bo bari bejeje ibigori byiza cyane nabyo bigeze igihe cyo gusarurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uko barushaho guteza ibibazo umulimo ukora, bahakana n’imanza zitabera bakanazirwanya, niko ibyago na makuba azajya arushaho kubasatira kugirango bamenye yuko uri umugaragu wanjye kandi na gushyizeho gucira imanza isi yabazima uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo barihinduye ikinyoma abantu birirwa bavuga yuko ibyo wabahanuyeho bitasohoye, kugirango bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo atajya abeshya na bo abambuye ubugingo bwabo bakurwe kw’isi yabazima kuko bidashoboka yuko bahangana n’Uwiteka Imana Nyiringabo.
Icyo gihe nibamara gukurwa mu mubiri abasekaga Umwami Kigeli Ndoli bazamwubaha kandi abzavuga ko, aca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ubwo mu gihe nzamutse ngiye kubagezaho ubutumwa bwabo, mpura n’umusore w’intumwa amanutse aza mu butayu nanjye nzamuka ndihafi kugera kumuhana «Adeline Rwigara» atuyeho maze umusore arambaza ngo; ko narinje ku kureba kugicamunsi uraba uhari ngo nze tuvugane nkubwire uko bakuntumyeho? Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.’
24 OCT,2024 njyanwa mu iyerekwa mbona ‹minibus› yuzuye abantu ijyanwa mu butayu bugufiya, imaze kugera mu butayu irapfa, abari bayirimo bose baramanuka bicara hasi maze mukanya gatoya ya ‹minibus› yari ibazanye mbona ihindutsemo ishuli abayijemo batangira kwiga amashuri yo mu butayu, mukanya ko guhumbya mbona umubare wabo uragabanutse mbona hasigaye abasore (2) n’imikobwa wa (3) bonyine akaba ari bo batonda umurongo ariko umukobwa niwe wasaga naho ari we ubakuriye muri ubwo butayu bwo haruguru hafi na ya nyanja uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mukanya gato mbona ubutayu bwabo buzamuweho gatoya mbona bateguriwe icyo twakwita (pipeline) y’inzoga y’ubwoko ntari nigera mbona, urayinywa ukumva iryohereye, ariko uko urushaho kuryoherwa no kuyinywa niko ugenda usinda kugeza urundutse bisobanura umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uhagurukiye abavuzwe haruguru muri ubu buhanuzi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abasore bari mu kigero kimwe, duhurire muri (hotel) baragenda bafata ikicaro, barangije bajya ahari inyama z’ihene (goat meats) babanza gukuramo inkweto bari bambaye (kuva mu isezerano) maze bajya gushaka ushinzwe gucuruza izo inyama z’ihene barangije kugirango bazigure bazibokereze (conspiracy) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
28 OCT,2024 Njyanwa mu iyerekwa mbona Madam Adeline Mukangemanyi Rwigara mu butayu bugufiya, aho yajyanywe mbere taliki 16 ukwakira,2024 ari kumwe na bahanuzi ndetse na bahanuzi kazi, bamugiraga inama yo kudashyingira nyakwigendera Anne Uwamahoro Umwami Kigeli Ndoli.
Na none ku nshuro ya kabiri mbona ariho asubijwe kumpera z’ubutayu bugufiya aho Anne Uwamahoro Rwigara yajyanywe 28 Dec,2023 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nerekwa ajyanwa wenyine, abagize umuryango we, basigara haruguru y’ubutayu bugufiya ku ntangiriro y’umuhana ahirengeye barebera uko ajyanywe mu butayu ubutazagaruka nta bwo babashije byibuze no kumuherekeza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli uburire «madam Adeline Mukangemanyi Rwigara» uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, mwaraburiwe mwica amatwi, usuzugura ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryahanuwe kandi ryanditswe n’Umwami Kigeli Ndoli, wavuze yuko ngo na we uri Umuhanuzi kazi, kandi uzi neza yuko abahanuzi kazi baciriwe ho iteka kuko turi mu gihe cy’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko witegurira urugendo rwa vuba kuko utakiri umwe mu bamerewe gutura kuri iyi isi, kuko wa maze kuyirukanwaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar