Daily Archives: June 10, 2025

Hagati ya Kagame Paul na Keinerugaba Muhozi ninde mwana w’Imana?

 

      Museveni

Ubwo yategetse ko bamwita Imana naho umuhungu we akitwa umwana w’Imana, ashobora kuba asigaje igihe gitoya agakurwa ku butegetsi

Umukuru w’Inteko Ishingamategeko ya Uganda yise Museveni Imana na Muhoozi umwana w’Imana. Anita Among (ibumoso) asanzwe azwiho kuba umwe mu bashyigikira bikomeye ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni.Ku mbuga nkoranyambaga abantu batandukanye barimo kwamagana umukuru w’Inteko Ishingamategeko ya Uganda nyuma y’uko avuze ko Perezida Yoweri Museveni ari Imana naho umuhungu we akamwita umwana w’Imana.

Translate »
Skip to toolbar