Ibice (2) by’abanyarwanda bazajyanwa mu butayu bugufiya muri gakondo ya bakiranutsi!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagore na bakobwa bose bo muri gakondo ya bakiranutsi bagiye kujyanwa mu butayu bugufiya kugirango bigishwe uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bagore na bakobwa balimo ibice (2) igice cy’abakire ni gice cy’abakene.

Nuko mbona biciyemo ibice (2) kandi bose bari kuri uwo musozi banezerewe ko bagiye gutangira kwiga amashuli yo kubigisha uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bari bubakiwe amashuli mashya kandi meza cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi-kazi bashyizwe mu ishuli kubera kugamika amajosi yabo. Bubashye umwana w’umwega Umwakagara Paul Kagame batinya Umwakagara kurusha uko batinya Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo agambiriye yuko mu mutima we yuko abo bagore bajyanwa mu ishuli kugirango bajye kwiga uburyo bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bazavayo bamaze kumenya ko Uwiteka ari we Imana kandi ko ari we mugenga wa byose kandi ko ashobora byose kuko umujinya we wamaze gukongezwa n’uburakari kandi hakaba ari nta muntu n’umwe uhari wo guhagarika ubwo burakari kugeza ubwo Uwiteka azaba amaze kubaheha nk’uheha amabyi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona wa mwuka w’inzika y’inzigo uwo mwuka na wo wari wibereye kuri wa musozi w’ubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’Abatutsi uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo, maze mbona uwo mwuka w’inzika umanutse utera umupira (ball) werekeza mu gihugu cyo mu butayu bugufiya.Uwo mwuka w’inzika y’inzigo ugeze hafi yo kumanuka wa musozi ngo urangize uwo musozi maze winjire mu butayu nyirizina, mbona winjiye mu baturanyi b’Abatutsi bo mu muryango wabajiji aribo Dr.Tito Rutaremara akomokamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kurikira uwo mwuka w’inzika y’inzigo maze urebe iherezo ryawo, mbona winjiye mu gihugu cyo mu butayu bugufiya maze ndabwirwa ngo, umwuka w’inzika y’inzigo waguhigaga winjijwe mu gihugu cyo mu butayu bugufiya aho ugiye kumara igihe kitari gitoya wigishwa kumenya yuko Uwiteka ari we Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira aba Congomani bo mu bwoko bw’Abanyarwanda biyita abanyamurenge (Tutsi) ko umuvumo w’Uwiteka Imana Nyiringabo ubamanukiye kubera gukerensa ijambo ry’Uwiteka Imana mu isi ya bazima uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubibutse ko barwanije ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, kugirango bayoboke abadayimoni na kamere zabo zibyo bararikiye uko niko abivuga.

Translate »
Skip to toolbar