Daily Archives: May 10, 2025

Abantu bifuza gukorana n’ubwami bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bugiye kwima ingoma muri gakondo ya bakiranutsi muhawe ikaze!

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko hariho abantu (5) bifuza gukora n’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Bikomeza bivuga ko, bifuza gushyigikira ubwami bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bukorera mu gikari cy’Ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekoshinga.

Translate »
Skip to toolbar