Biracyekwa ko Pope Francis yaba yamaze gushiramo umwuka

 

Amakuru alimo guhwihwiswa aravuga yuko Pope Francis yaba yashizemo umwuka, ariko nta tangazo rya kiliziya gatolika ryali ryashyirwa ahabona, usibye kuba abakaridanali bavuze yuko ngo yaba yanditse urwandiko rwo kwegura kumwanya wubupapa niba atari ibinyoma byo kwanga kuvuga yuko yashizemo umwuka kugirango babe ba buying time.

Bibaye ar’ukuli, byaba bigaragara yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo alimo Kwubahiriza imanza zitabera zaciwe n’umucamanza uca imanza zitabera Majeshi Leon Ainesha.

Ubwo mu birukanywe kw’isi ya bazima haraba hasigaye (6) mu gihe dutegereje yuko Samuei William Ruto na we akurwa ku ngoma hakaba hasigaye (5) mu munani (8) birukanywe n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bukorera kw’isi yabazima.

Turakomeza gukurikirana amakuru turaza kuyabagezaho, gusa mukanya hari abantu bizewe banditse kuri nkoranyambaga yuko ngo haba hatangiye gutegurwa imihango yo gushyingira Pope Francis mu cyubahiro.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar