Uyu n’ubwo atiyita umushambo kazi, ubanza batamurusha uburanga!?

Abagore bo mu nzu ya bashambo biyita abashambo kazi, byatangiriye muri Uganda mu myaka (10) ishize aho batangiye kwiyamamaza kuri internet babinyujije muri za nkoranyambaga zitandukanye aho batangiye bavuga yuko abashambo kazi ari beza kuruta abandi bakobwa cyangwa abagore bo mu yandi mazu nyarwanda.
Abashambo kazi niko biyita kuri instagram
Ariko murulimi rw’igiswahili baca umugani ugira uti «KIBAYA CHA JITEMBEZA, KIZURI CYA JIUZA» bisobanuye ngo icyiza kiribunza, naho icyiza kiragurwa. Ubu bwibone bwaje kugera no mu Rwanda aba bakobwa mu bona kuri Instagram aho kuvuga amazina yabo ngo bamenyekane, ahubwo buri wese yi yita Mushambo kazi.
Abashambo kazi kuri instagram
Sinzi niba ibyo bavuga byaba bifatanye isano nibyo bavuga yuko ari beza kuruta abandi. Ariko ubanza uyu mukobwa utiyita Mushambo kazi ashobora kuba abarusha Uburanga. Ariko ubanza wenda ari ubwiza bwo kuri internet bushobora buddafitanye isano n’ubwiza dusanzwe tuzi bw’umugore w’umutima n’ingeso nziza. Hano ubwo bwiza tubwita (rangi ya thao moja) ibara ry’igihumbi (1000).
Nyamara abandi baza mwajyahe aka wamugani wa wundi, ubanza mwabura aho mukwirwa, muri iki gihe ibintu byose basigaye babihuza na politike muri iki gihe igendarwaho. Kuko imiryango ya Abasinga, Abashambo, Abega, n’Abashingwe batera umwaku basigaye bemewe kubera kuba mu butegetsi kandi cyera ntaruvugiro bari bafite.