Umwakagara na za magigiri bakomeza umwuga wo kuroga bawushyiramo ingufu nyinshi cyane!!!

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore kiriya gisiga cyo mu bwoko bw’inkanga (Guineafowl) abega bari bohereje uwo mudayimoni bibwira yuko utari butahure ko ari umudayimoni nyamara ntabwo bazi yuko aliyo mpamvu wazanywe kwigishwa mu butayu bugufiya kugirango uzabashe guhangana nizo inkozi zibibi nta bwo bazongera gukoresha uwo mudayimoni kuko wamaze kuwuciraho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ndi kumwe nawe, kandi ngiye ku kugirira neza, nguhe umugisha kugirango abantu bamenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe, kugirango bazizera yuko ukorera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Sept 29, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara PAUL KAGAME atanze amabwiriza agiye mu nama ya UNITED NATION UN ngo azaveyo asanga bamaze kuguca igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abega kazi bahabwa urutonde rw’abantu batavuga rumwe n’ingoma yabo, bahabwa amabwiriza yo kuroga no guhumanya abanyarwanda batavuga rumwe n’ingoma yabo, babohereza kwiga mu mahanga ari benshi, abandi bashakirwa imilimo itandukanye mu mahanga aho bagiye kwiga, ndetse bamwe bariyoberanya, bamwe bihindura abanya Uganda kazi, abandi bihindura Abarundi kazi, kugirango bazabashe gusohoza umugambi wabo mubisha wo kurimbura ubugingo bw’abanyarwanda batemera ingoma yabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abo ku ngoma y’abega bakoze icyo bise (multiple network) bisobanura gukora imiyoboro itandukanye myinshi bashobora kurogeramo abantu, Malaika w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, mwana w’umuntu, uburire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo babe maso cyane kuko umwanzi akomeje kugambirira kugirira nabi ubwoko bwe uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore bagiye kuroga abantu (2); uwa mbere aba muri No 173 iyo nzu bamaze kuyipangira nuko rero burira abantu batuye muri iyo inzu ifite uwo mubare babe maso cyane kandi birinde uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, undi muntu wa (2) atuye mu nzu ifite No 2003 iyo nayo bamaze kuyipangira, bagomba kumuha uburozi uwa akazi ku kuroga yamaze ku buhabwa alimo aritegura kumuhamagara kugirango ashake uburyo yamuhumanya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intumwa ya Satani Paul Gitwaza akomeje kwigwizaho imitungo yurusengero aho akomeje kugura amazu mu mahanga ateganya yuko muri gakondo ya bakiranutsi ubutegetsi buramutse buhindutse ayo mazu ya yagira impamba akazamubeshaho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona abega baterekerera abatavuga rumwe n’ingoma y’abega, mbona ko bashatse umudayimoni wo mu bwoko bw’IGIHUNYIRA (OWL) maze bawoherereza abanyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho, ariko kandi babanza koherereza uwo mudayimoni Umuhanuzi Majeshi Leon ngo bamuteze umwuka w’urupfu kugirango nibajya kumuca igihanga bazasange uwo mudayimoni yamaze gutunganya inzira zabo uko niko abivuga.
Sept 30, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bwira abantu banjye uti, Uwiteka Imana yo mu ijuru agiye kohereza inkozi zibibi mu butayu ndetse aziteze akaga gakomeye cyane kuko abega bakomeje gukiranirwa gukabije imbere y’amaso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abega bakomeje gukiranirwa cyane, uti Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubacira imanza zitabera mu butabera bwe bugiye gutangira vuba cyane, aho niho muzamenya neza gukiranirwa kwanyu uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore bagiye kohereza imyuka mibi yo mu bwoko bw’Abalangi baturukanye mu gihugu cy’Ubuperesi iyo niyo bagiye koherereza Umuhanuzi Majeshi Leon hamwe na bemera ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryitwa Ubuhanuzi, maze basoreze ku batavuga rumwe nabo uko niko abivuga.
Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu uku niko Uwiteka avuga, ngiye gucisha bugufi inkozi zibibi zose mu isi yose n’abishyira hejuru kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana ishobora byose! Kuko bagiriye nabi imbata zanjye n’intama zanjye niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, kuri wa munsi bazamenya yuko Umuhanuzi ari we mugaragu wanjye ibyavugiwe mu kanwa ka bagaragu banjye bigiye gusohora niko Uwiteka abivuga.
OCT 1, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye kugirira neza abamwiringiye batigeze badohoka ku kwizera kwabo kuko ibihe bilimo kugenda birushaho gukomera cyane, none ngiye kubagirira neza kandi mbacire inzira kugirango barusheho guhanga n’ibihe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, shyira ahagaragara ubwo butumwa uburyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guhangana n’inkozi zikibi zamaze kugambirira kugirira nabi abantu b’Imana Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Gen. Jack Nziza alimo kugambanira Gen.Karenzi Karake aho alimo kugira inama shebuja Umwakagara yuko bakwiye guca igihanga uwo wahoze akuriye urwego rw’iperereza rwo mu Rwanda none uburire Gen.Karenzi Karake uti ube maso cyane kuko Jack Nziza alimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
nccleon@gmail.com