Insengero zizasigara zidasenywe muri gakondo yabakiranutsi nizishyigikiye ubwami bwa Satani n’Abega!

Aug 13, 2015 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man of living God of heaven, look at front you on the black board and read those words was written there “The Great Lakes Region Fall Down” thus is the Lord God of heaven declared.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo muri gakondo yabakiranutsi ukomeje kuzamuka cyane witegura kurwanya abenegihugu bayobowe buhumyi n’imbaraga z’umwijima z’ingoma y’abega aho balimo bategura umugambi wo kwica no kurimbura imiryango nyarwanda iharanira uburenganzira bwa muntu na banyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’abega ngo babamareho burundu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu Uwiteka Imana Nyiringabo ashyizeho iherezo ry’ubuzima bw’intumwa ya SATANI PAUL GITWAZA MUHIRWA gukurwa kw’isi ya bazima uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwakagara agiye gupfusha ingabo nyinshi muri DRCongo aho bagiye gusahura imitungo yicyo gihugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Hon.Barikana Eugene na we akwiye kwitegurira gukurwa kw’isi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntabwo ari Hon.Barikana Eugene wenyine yirukanywe kw’isi ya bazima wenyine, ahubwo na mushiki we Mukandirima Murekatete Odette nawe yirukanywe kw’isi yabazima kuko bafatanije gucura umugambi wo kurimbura ubugingo bwawe uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore washyize ahagaragara umugambi w’Umwakagara yarafite wo guhitana uwahoze ari umufasha wawe, none za magigiri zagize ikibazo cyo gusohoza uwo mugambi kubera ko, wamaze kuwushyira ahagaragara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za RDF zongera gusubizwa muri DR Congo bagiye bahitamo ingabo zikomoka mu majyaruguru, Ruhengeri na Gisenyi, babohereza muri DRCongo mu mujyi wa Goma, kugirango bacengere muri icyo gihigu maze baryamire amajanja kugirango bategereze guhabwa amabwiriza ya nyuma bahite batera igihugu cya Congo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambaza riti, mwana w’umuntu, mbese wa mugabo uri kumugabane w’Uburayi aherutse kuguhesha umugisha yaba ari hehe? Ndasubiza nti, ntabwo mbizi, ati ese waba uzi impamvu mutakivugana? Ndasubiza nti oya! Arambwira ati, Isaiah 45:3  I will give you hidden treasures, riches stored in secret places, so that you may know that I am the LORD, the God of Israel, who summons you by name. 4 For the sake of Jacob my servant, of Israel my chosen, I summon you by name and bestow on you a title of honor, though you do not acknowledge me.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu umwuka w’inzika y’inzigo wa ba TOBIAS na SANBALLAT wongeye kuguhagurukira kuko bagufitiye ishyari ryinshi cyane ribaniga mu ijosi kubera ibikorwa by’Uwiteka Imana bikomeje guteza imbere uko niko abivuga.

15 Aug 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muri gakondo ya bakiranutsi bagiye gufunga amadini menshi cyane kuko bagiye gusaba ibyangombwa bilimo ni impamyabumenyi ziyobokamana utazaba atayifite azafungirwa urusengero rwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, nyuma yo gufunga izo insengero zo muri gakondo ya bakiranutsi kw’isi yose hazakurikiraho itegeko ry’uko abavuga butumwa bose na ba Pastors bagomba kwiyandikisha bagahabwa ikarita ibemerera kuzajya bavuga ubutumwa ahariho hose kw’isi. Abazafata iyo karita bizabafasha guhabwa wa mubare wa anti-Christ (666) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, Evangelist Marie Esther Murebwayire uba mu gihugu cy’Ubuholande azaba mu ba mbere bazafata iyo karita uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka yamaze kugutegurira inzira kuko yarazi ibyo byose ko bizaba niyompamvu abadafite inzira bateguriwe n’Uwiteka Imana bagiye kujya ahagaragara uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umulimo wa data wakorwaga na bashumba uzasigara mu maboko yawe kuko abashumba bihamagaye muri gakondo yabakiranutsi bagiye kwamburwa umulimo bakoraga, hakazasigara bacyeya bazaba bakorana n’ingoma y’abega biziyita ko ari bo bahamagawe kandi batarahamagawe ahubwo bazasigara kuko bazaba bafite ingufu mu butegetsi bwa Satani uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice cya (13) cy’Ubuhanuzi

Translate »
Skip to toolbar