Ubuhanuzi ni ntavuguruzwa!!!

 

28 April,2019 Njyanwa mu iyerekwa ku nkengero z’ubutayu bugufiya bugera mu majyepfo no mu majyaruguru yuburasirazuba bw’Africa,hafi na ya Nyanja iheruka ubwo butayu.Mbona BEN RUTABANA na mwishwa we «Anne Uwamahoro Rwigara» barimo kubyina umuziki wo mu bwoko bwa ROCK,akabyiniro kabo kari hagati muri ubwo butayu,naho ababarebaga uko babyina bari bicaye haruguru ku musozi munsi y’umuhana utuweho uri haruguru yubwo butayu.Kandi n’Umuhanuzi nawe yarari mubabarebaga uko babyina uwo muziki.Ariko «Anne Uwamahoro Rwigara» niwe wabyinaga cyane kurusha Nyirarume BEN RUTABANA.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,burira abo bahanuriwe hejuru yuko abega bamaze kubagambanira kandi bagiye kubagirira nabi maze bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

NB:Ariko cyane cyane uburire Anne Uwamahoro Rwigara ashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,kandi nawe umufashe kuko ni umukobwa w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,kandi isezerano ry’Uhoraho riri hejuru ye niyompamvu abega bamurwanya bivuye inyuma kuko umuryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol watoranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo kuzakoreshwa ibikomeye cyane muri gakondo ya bakiranutsi no gusohoza isezerano ry’Uhoraho niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Skip to toolbar