Urutonde rw’abamaze kwirukanwa kw’isi yabazima rukomeje kwiyongera

 

 

1 Aug,2024 Kubera ikibazo cy’Ubuhanuzi ni manza zitabera bikomeje gukora imilimo yabwo neza, abega bahagaritse imitima bikomeye cyane nyuma yaho «crooked Joe Biden» yirukanywe ni manza zitabera ku butegetsi muri (US) ndetse ibiro ntaramakuru byo mu ijuru «Heaven News Media Agency» byatangaje ko «crooked Joe Biden» agiye gukurwa kw’isi yabazima vuba byihuse cyane. (Dismissal from this planet).

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru «Heaven News Media Agency» bikomeza bitangaza ko, ingoma y’abega igiye gukurwa vuba cyane byihuse nyuma yo gukora amatora yabaringa atajyanye n’igihe tugezemo. Amakuru akomeza avuga ko ngo igihe cy’Umwakagara cyaba cyegereje kugera mukadomo.

Bafite amahitamo (2) gusa:

  • Kwishyura milliyoni € 700 z’amaeuro bagatanga ubutegetsi kuneza batabanje kumena amaraso
  • Cyangwa kwemera bakajyanwa mu butayu bugufiya aho bazaba ubuziraherezo

Ku wa (4) w’icyumweru gishize hatanzwe ikirego murukiko rw’ikirenga (file petition in high court of kenya) aho urubyiruko rwa Gen Z basaba ko Samuei William Ruto yakurwa ku butegetsi aho amaze kwica abantu bagera ku (112+75) bazize kwamagana anti-finance bill 2023/2024.

Supreme court of kenya kandi yateshejwe agaciro finance bill 2023, bivuze ko imisoro yose Leta yaciye abaturage ku kigero cya Vat 16% bagomba kuyishyura banyirayo.

RCCE basabye ko file petition isaba kwirukanka Samuei William Ruto hamwe na deputy president we Rigathi Gachagua byateshwa agaciro bibangamiye demokarasi. Byatangajwe ni nama ya ba BISHOP ba kiliziya gatolika muri Kenya nyuma yo guhabwa ruswa nkuko bisanzwe ngo bavuganire ubutegetsi bwa RUTO bukomeje kubangamira rubanda nyamwinshi.

Ku wa kabili abega bagerageje guhackinga account of e-mail z’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha yitwa nccleon@gmail.com ariko bagira ibyago basanga ilinzwe (protected). Bibaye nyuma yo kubona ibyabaye muri America bijyanye na matora y’umukuru w’igihugu aho «crooked Joe Biden» yashatse guhitana former president Donald Trump maze Ubuhanuzi bugakinga akaboko.

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru «Heaven News Media Agency» Kaguta Yoweri Museveni na we ahawe (dismissal from this world). Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko abasinga, abashambo, abashingwe, bakomeje guhagarika imitima bikomeye cyane kubera ijuru ryamaze gutegeka ko bagiye koherezwa mu butayu kandi ko, gutegeka kwabo muri iyisi byamaze gucirwaho iteka rya burundu.

Kayumba Nyamwasa asigaje kilometer (4) ngo agere ku mpera z’ubutayu bugufiya aho atazongera kwibukwa ukundi. Abishatse yaba yegeranye utuntu twe niba hari utwo azajyana akaba adutunganya.

Intumwa ya Satani Muhirwa Paul Gitwaza we ageze muri kimwe cya gatatu yerekeza kumpera z’ubutayu bugufiya niwe ukurikiye Kayumba Nyamwasa.

 egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar