Mu Bwongereza ubukungu bwifashe nabi!!!

Mu gihe isi igikomeje kwikanga ibiza rusange (natural disaster) bilimo covid19 itari yarangira neza mw’isi nubwo ikomeje kuvugwa ku mugabane w’Africa.

Ubwongereza bwatangaje ko igihugu kiri mu bihe bibi by’ubukungu kuko butifashe neza.

Leta irahamagarira abaturage kwizirika umukandara kugirango barebe ko ubuzima barushaho gukomeza.

America yo iratangaza ko Middle class ya batuye muri Amerika yarangijwe na covid19. Hakaba hasigaye high class na lower class.

Ubusanzwe America iza kumwanya wa mbere ifite mu isanduka ya Leta trillion $26.4, China iza ku mwanya wa kabili ifite $19.6

Ubwongereza buza kumwa wa (6) bufite triyali $3. 198 trillion, ariko kubera icyorezo cya covid19 cyatumye isi yose yisanga mukangaratete kandi bisa naho bizakomeza niba isi izakomeza kwitwara busazi (madness) ibintu bishobora kuzarushaho kuba bibi cyane!

Urebye neza ibibera mw’isi, bisa naho Imana imaze kurambirwa abatuy’isi. Ubugome, akarengane, ni byaha bitagira amazina, ndetse na mategeko abihana byari yongereye cyane mu isi.

Niba abategetsi bakomeje kwica ijisho rimwe (1) bakarebesha irindi, ndetse nibakomeza kwikubira umutungo w’isi abandi bicira isazi mu jisho ntabwo rizarema!!☺️? 😢

Skip to toolbar