Za kaminuza muri Kenya zishobora kwigaragambya kuko zigiye gukinga imiryango.

Leta ya kenya kwanza iyobowe na Samuei William Ruto mu izina rya cabinet secretary cs wamashuli Gichugu, yavuze ko ari nta mashillngi ahali ateganijwe yo guha za kaminuza ngo zikomeze umulimo wabo w’uburezi.

Inkuru yatangajwe na citizen tv ikiganiro cyari kiyobowe na Jeff Koinange umutwe wagiraga uti “Ruto’s cabinet blunder” (stupid or careless government) bisobanura Leta ya bateka mutwe cyangwa yabasazi, cyangwa se ititaye ku baturage.

Leta ya Ruto nta mashillngi ifite. Yazamuye imisoro y’ubwishingizi mu buvuzi bwa NHIF. Kubushake umuturage yishyuraga 200 ku ngoma ya Uhuru Kenyatta.

Ku ngoma ya Ruto yazamuye imisoro bigera kuri 500. (Motarists riders) bazajya bishyura 250 ya buri kwezi. Abamotari nibo bari bamushyigikiye none ubu ntibacana uwaka.

Abagore bacuruza agataro nabo ni uko yabirukanye mu mihanda abasubiza mu masoko kandi yiyamamaza yababwiye ko azabaha ubufasha bakizamura mu bucuruzi.

Nyuma y’ibyumweru (2) gusa agiye kubutegetsi yatanze itegeko ryo kwirukana no gusenyera abacururiza hanze y’isoko na banyadutaro. Iyo niyo (bootom up) yababwiraga.

Ministiri w’intebe (preme minister) mushya w’Ubwongereza wasimbuye uwacyuye igihe Liz Truss, yahaye ikizere Ruto ko yazamubonera agera kuri miliyari 425BN, usibye ko nyine kiraza amasinde.

Ruto ibyo yijeje abanyaKenya ko mu minsi (100) azaba amaze gukora ibitangaza ko Wi-Fi izaba ar’ubuntu siko bimeze kuko noneho yasabye umwaka umwe ngo ibyo yijeje abaturage bilimo kugabanya igiciro cy’ifu yavuye ku 120 ikaba igura 220 ngo ibiciro bigabanuke.

Yaba abashyigikiye Ruto cyangwa Raila bose balimo kwitotombera ubutegetsi bwe. Ndetse hariho na badatinya kuvugako atazamara imyaka (5) mu gihe Ruto alimo gutegura guhindura itegeko shinga ngo azategeke kugeza imyaka (75).

Skip to toolbar