Abahindiro amaraso y’Umwami w’uRwanda abakozeho!!!

Dec 13, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa na maso ya bana b’abantu,maze Uwiteka Nyiringabo akomeza kunyereka ibigiye kubera mu isi ya bazima,bihishwe amaso ya bana b’abantu cyeretse abagaragu be nibo abihishurira.Nerekwa aba Shumba (Pastor’s) bafite utu dini tudafitika, bakodesha ibyumba by’amashuri (kuba mu bigeragezo) ariho basengera kandi ibyo byumba byegeranye cyane basenga mu rusaku rwinshi ku buryo byabagoraga kumvikana ku babaga basengera hamwe.
Nuko mbona bazaniwe ikizamini (exams) bagomba gukora banze bakunze,kugirango barebe ko,bafite ubumenyi ngiro bwo kub bakorera Uwiteka Imana yo mu Ijuru,ariko basanga 98% nta bumenyi rusange bafite, ikizamini kirabatsinda.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abapastori bashyizwe mu cyumba cyo kwigishwa no guhabwa ikizamini hatorwemo abashobora gukorera Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,none dore ikizamini bahawe baragitsinzwe! Bivuze ko, badashobora gukoreshwa n’Uwiteka Imana yo mu Ijuru,kuko  bamaze gukurwa mu mubare wabagomba gukorera Uwiteka Nyiringabo  niko Uwiteka Nyiringabo abivuga!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira ibyabo bashumba Pastor’s,ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,babwire bajye mu masengesho basenge Uwiteka Imana kuko urubanza rwabo rwamaze kujya imbere y’Uwiteka Imana ikiranuka,kandi bakaba bamaze gutsindwa n’urubanza kandi rukaba rwarangiye niko Uwiteka avuze!
Icyantangaje cyane! ni uko muri abo bashumba (Pastor’s) nta mutegarugori numwe wari ubarimo, bari abagabo gusa gusa!Nuko ndabwirwa ngo impamvu utabonyemo abagore ni uko nta mugore wahamagariwe kuba umushumba mu itorero rya Kristo kuko ntaho ibyanditswe byera bigaragaza ko bahamagariwe kuba abashumba,ariko bemerewe kuba abahanuzi kazi, iyo mpano barayemerewe kuko byamezwa ni byahanuwe mu ijambo ry’Imana (Bible) kuko nta nahamwe mu ijambo ry’Imana wabasanga bavugwa ko bahamagariwe kuba abakuru bitorero ry’Imana n’Umwami wabakiranutsi YESU Kristo.Kuba uyu munsi bahagarariye amadini bitirira  iterore ry’Imana,ni uko umwanzi yabishatse kugirango ayobye ijambo ry’Imana,akabazamura kuko boroshye cyane gukoreshwa na umwanzi kurusha abagabo kuko kuva cyera nubundi bakoreshwaga n’umwanzi uhereye mbere na mbere kuri Eva kuko niwe washutswe ntabwo ari umugabo washutswe uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kumbera umugisha cyane maze rinyereka uburyo uwitwa BM.Gen.Emmanuel Habyarimana akorana na leta y’Umwakagara umwana wo gukiranirwa wagambiriye kurwanya Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango ateze urujijo mu banyarwanda yitwaje kutavuga rumwe na leta y’uRwanda.Nabonaga bamwoherereza intonorano kugirango abagurire ibintu runaka,yarangiza akongera akabiboherereza akoresheje DHL,cyangwa akabiha umuntu wabaga wagiye kubega cyangwa kugigira akabibazanira agarutse mu gihugu cy’abakiranutsi.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirmbwira riti,mwana w’umuntu,hanura uvuge uti,yewe BM.Gen.Habyarimana we,uravumwe wa muvumo w’inziererezi kuko wemeye kunywa no kurya ibyahumanijwe  bigambiriye kumena amaraso y’ubwoko bw’Uwiteka Imana,ukaba ukorana na gatsiko k’Abega kamennye amaraso,kandi kiyimeje kongera kumena amaraso y’ubwoko bw’Uwiteka Imana ihoraho.Niyompamvu Uhoraho aguheje kubyiza by’igihugu cya mata nubuki  kuko uzaba inzererezi akaba nta muntu uzamenya irengero ryawe  uko niko nyir’ibihe byose akuvuga,kuzageza igihe uzavira mu isi ya bazima niko Uwiteka avuze!
Nerekwa intabwa y’umutambyi ikomoka mu muryango wa barewi, yasigaye muri gakondo ya bakiranutsi,mbona inkozi z’ibibi ziyemereye nabi cyane,kubera kuko ariyo yarifite ibanga ryo gukiranuka.Mbona igoswe nabanzi b’Uwiteka,maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,sengera iriya ntabwa kugirango Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akomeze kuyirinda izageze ku iherezo kuzageza igihe ubwoko bw’Uhoraho Nyiringabo buzabonera gakondo.Ndasenga nti,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ndagusabye urinde ukomoka kurukiryi rwa “YAKOBO” umugaragu wawe wasezeranije kuzahabwa gakondo ya bakranutsi,kugirango bizamenyekane yuko wowe witwa “EBENEZER” Uwiteka Nyiringabo kand uzahora ho ibhe byose kugirango umunezero w aba “YAKOBO”uzabe wuzuye ibihe byose niko Uhoraho avuga.
Nerekwa inkoma mashyi z’abakagara ziri mu gisirikare cya KDF/RDF,zitagira amashuri zibwirwa gusubira mu shuri (kurwana intambara ikomeye!)kandi zishaje, kugirango zizamurwe mu ntera zihabwe ipete rya Genaral.Ariko ziranga ngo kuko zikuze zikaba zigeze muzabukuru,kandi amapeti zifite ya Colneri rizihagije.Mbona ko nayo mapeti bahawe ubwayo nta cyo abamariye, ndetse nta nicyo amariye igihugu cyabo ubwacyo! Kuko yari imfabusa.Mbona ko bashatse abagore cyangwa bashakanye n’Intiti z’abize, nibura amashuri yisumbuye bakajya babategekesha igitugu kubera kubatinya ko bize.Maze mbona ko,abagore babo cyangwa abafasha babo bamaze kurambirwa ubutegetsi bw’iigitugu bw’Umwakagara bakajya bihisha bakajya gusenga Imana data Nyiringabo kuko bamaze kumenya yuko ubwami bwabo bwageze ku iherezo! Ariko bakabihisha abagabo babo,ahubwo bakajya banyura mu nshuti za abagabo babo ngo zibasabe kuba bakizwa ariko bakanga kubumvira inshuti zabo kuko ngo umwanya bageze ho bahagejejwe nimbaraga z’umwijima uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze imbere yawe maze umbwire icyo uhabonye! Nditegereza mpabona inkoko kazi nyinshi ziyobowe na “RUSAKE”,yashokonkoye,ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti,waba wamenye icyo biriya bisobanura?Ndasubiza nti,Oya! Ndabwirwa ngo”ziriya nkoko wabonye zigendagenda mu byondo byimvura,nibibazo bikomeye abagambanyi bayobowe na rusake isheshe akanguhe,barimo bimaze kubakomerana”.
Dore urubanza rw’umugogo w’Umwami w’uRwanda,rugiye gusomwa imyanzuro yarwo,kuko gucibwa kwarwo kwararangiye,hasigaye gusomerwa imyanzuro yurubanza hakamenyekana ibyemezo by’urukiko ku ijyanwa ry’umugogo wa Kigeli muri gakondo ya bakiranutsi akaba ariho atabarizwa, cyangwa ntazabe ariho azatabarizwa!!!Nerekwa Abahinduro bari mu bibazo bikomeye cyane kuko umunyamategeko wabo yamaze kubabwira icyemezo cy’umwunzuro w’urubanza uzafatwa akurikije dossier yabo uko ihagaze!Ni uko iteye!
Nerekwa ko babuze ifuni na majyo,maze Babura  aho berekera nicyo bakora,niyompamvu wabonye ziriya mandwa z’Umwakagara zari mu ishusho y’inkoko zagendagendaga mu byondo byimvura kandi byinshi ndetse ibyo byondo bikaba bivanze nibyo mungarani bivuze ngo,nibibazo bikomeye biadashobora kubonerwa umuti kandi uko zagendaga ninako zarushagaho kugenda zigwiza ibyondo kumaguru yazo kugeza igihe zageze aho zitakibasha kugenda zigafatwa mpiri zigacibwa igihanga na maguru icyo nicyo bisobanuye!!!Bivuze  ko,ibibazo byabo bizarushaho kwiyongera kurushaho kugirango ijambo ry’Ubuhanuzi risohore nk’uko ryahanuwe  n’umugaragu w’Uhoraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nkomeza kwerekwa iby’Abahindiro n’Abega b’Abakagara uburyo bagiye gukorwa nisoni,mbona “RUSAKE” iyoboye inkoko kazi,ifatwa icibwa amaguru n’umutwe ibyayo birarangira.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umudayimoni ukomeye mu bwami bw’Abega b’Abakagara aciriweho iteka,kuko yahanganye n’ijambo ry’Uhoraho Imana ikiranuka,none ibyawo birarangiye uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga!
Dore inkozi y’ikibi Pastor”EZIRA MPYISI” wagambaniye ubwami bw’uRwanda akozwe nisoni,kuko ibyo yaharaniraga ko,ubwami bw’Abahindiro bukurwa mu bahindiro bakajyanwa mu Bega,siko bigenze,ahubwo nubwo bwami abahindiro bari barahawe kuyobora nabwo barabwambuwe kuko bukuwe mu nzu ya bahindiro bakajyanwa mu yindi nzu itarigeze iyobora ubwami.Kandi n’Abakagara nabo bakaba babwambuwe ibyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abikoze kugirango akoze isoni abahindiro kuko bamaze kuvumwa n’ijambo ry’Uwiteka kuko bagambaniye amaraso atariho urubanza!Uko niko Uwiteka nyiribihe byose avuga.
Dore  Uwiteka Imana Nyiringabo, abagize  kuzaba inzererezi hamwe n’Abega begura inka amabere, kandi kizira mu muryango wo gukiranuka.Dore ijambo ry’Uhoraho nyiribihe byose,rihagaze kumuryango w’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango ribuze ubugingo bwabo impagarike n’ubuzima.
Skip to toolbar