Nigerian nibo baza ku mwanya wa mbere mu kurya INYENZI n’IMBEBA zitwa ifuku byatumye bacirwaho iteka rya burundu

Abantu barya imbeba zo mu bwoko bw’ifuku bamaze gucirwago iteka ni manza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Abantu barya INYENZI zitwa cockroach abo nabo bamaze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Simon Masasu kuba ari we uyobora Evangelical Restoration Church ERC kandi atari wanditse mu mategeko ya Leta nk ’umuvugizi wiryo idini byatumye akomeza gucirwaho iteka bikomeye cyane niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abantu basengera muri ERC bazakomeza kugibwaho n’umuvumo kuko iryo idini ryamaze gucirwaho iteka rya burundu.

Igihugu cya Nigeria nicyo gifite abantu benshi cyane barya imbeba zitwa ifuku hamwe ni Inyenzi.

Naho mukanya mu makuru mu Buhanuzi aturuka mu biro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency).

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar