Itangazo rya InyangeNews Media Agency
Ku bakunzi basoma Ubuhanuzi, twasubiranye izina ryacu twahoranye (our first brand new name) www.inyangenews.com nyuma y’imyaka (14) dukoresha www.inyangenewss.com nkuko twababwiye ko izina rizahinduka tubashimiye kuba mwarihanganiye kuba ikinyamakuru kimaze iminsi kidakora neza kubera Twarimo tugitunganya kugirango mujye musura ikinyamakuru gisa neza mwishimira.
Mukwezi gutaha (next month of June 2026) tuzatunganya ikinyamakuru mwari mu menyereye ko dushyiraho amakuru ya politike www.egretnews.com
Ubwo amakuru mwajyaga mukurikirana kuri www.egretnews.com muzajya muyasanga kuri www.inyangeNews.com twajyaga dutangarizaho Ubuhanuzi gusa. Kuzageza igihe ikinyamakuru www.EgretNews.com kizaba kirangiye gutunganywa.
Dushimye Uwiteka Imana Nyiringabo kuba yaradushoboje gusubirana izina ryacu twahoranye 2011-2012 mbere yuko ikinyamakuru www.inyangeNews.com gishimutwa na Leta ya Uganda ifatanije na Leta y’ u Rwanda. Reka tuvuge tuti ibyariwe ni inzige byose bizagaruzwa muri iki gihe cy’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Dusabiye umugisha abantu bose bemera ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ni jambo rye ry’Ubuhanuzi.
egretnewseditor@gmail.com











