Itangazo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo

May 22, 2026 Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko abanyarwanda bose Abahutu n’Abatutsi bafungiye ku butaka bw’ u Rwanda na gereza z ‘u Rwanda bafungurwe. Uwiteka Imana Nyiringabo avuze ko abo agiriye imbabazi, ari abanyarwanda bafunzwe muri za gereza gusa!!!

Uwiteka Imana Nyiringabo avuze ko yishimira icyemezo cya Paul Kagame wemeye kubahiriza itegeko ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryo kwemera kuyoboka imishyikirano kugeza mu kwezi ku kuboza (12) icyo gikorwa kizaba cyatunganye.

Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze ko mu bo yagiriye imbabazi abanyamadini batarimo, kandi ko umukuru w’igihugu Paul Kagame atagomba gukangwa na bantu ngo yemerere abanyamadini gukomeza ibikorwa byabo mu Rwanda.

Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko ibindi bikorwa byose bisigaye ari we ubigenzura.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar