Umugambi wo kwica Aimable Uzaramba Karasira wateguwe ku wa mbere ni njoro

Dore uko umugambi wo kwica Aimable Karasira Uzaramba wateguwe, babanje kumufata bamutamika uburozi, ari byo abacungagereza bavuze yuko ngo yabanje gutera amahane. Bamutamika uburozi hari umugabo umwe wari woherejwe na DMI. Bamaze kubumutamika nta bwo yashoboraga kuvuga, nibwo bahise bakurikizaho ibinini yarasanzwe anywa nabyo babimutamika ari byinshi kugirango bize kugaragara yuko yihahuje over dose.

Amakuru aturutse ahantu hibanga rikomeye cyane, umwe mu bamenye uwo mugambi ndetse akaba ari we wari wateguwe gukora icyo gikorwa yaje kubwira umugore we ko yirwaza kugirango abashe gucika uwo mugambi mubisha, bityo yirukanka avuga ko ngo umugore yikubise hasi yazimiye.

 Nibwo yacitse uwo mugambi wo kwica Uzaramba Aimable Karasira.

Kugirango babashe kujijisha, bahise bamutwara kuri clinic itari ifite ubushobozi bwo kuba yagira icyo yamumarira barimo ba buying time kugirango apfe yumva, nibwo nyuma yaho bamutwaye kwa muganga bamaze guhamagara Lawyer we kugirango bamuhe amakuru aza gutangaza babone uko babeshya abanyarwanda.

Ubwo igikorwa cyo kumuha uburozi cyari gishingiye ko ubwo agiye gusohoka agiye hanze, azahita ashyira ahagaragara igitabo cye bigatuma n’ubundi bisa naho igihano bamuhaye bisa naho bakoze ubusa. Incamacye yiyicwa rya Aimable Karasira uzaramba niko ryagenze.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar