Ubwami 2 mu ishyaka rya RPF-Paul Kagame burimbukira mu rwoba runini cyane!!!

Njyanwa mu iyerekwa mbona umudayimoni ukorera mu banyamadini (synagogues leaders) bajyanwa mu butayu bugufiya nyuma imigambi yabo yo kwicisha Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all synagogues leader’s demons is against the great God’s prophet Majeshi Leon obtained N° 228/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

July 18, 2016 Njyanw amu iyerekwa mbona Paul KagameRPF, bategura umugambi wo kwica aba Generals bose bakuze kandi bakomeye muri RPF. Umukuru w’igihugu Paul Kagame atanga itegeko ko, bazajya babaha amarozi bakayashyira mu tubari twose aho abo ba generals bajya kunywera inzoga kugirango bzajye bapfa umwe kuri umwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abajenerali bose ba RDF cyane abatangiranye na RPF igitangira intambara birinde cyane kuzajya bajya kunywera inzoga mu tubari kuko umukuru w’igihugu yamaze gutegura umugambi wo kubica akoresheje amarozi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona General Alex Kagame wakunze kuba hafi cyane y’umukuru w’igihugu Paul Kagame, agiye kwa muganga kwivuza, agezeyo asanga hatanzwe itegeko ko bamutera urushinge rw’uburozi, ariko we nta bwo yarabizi haza doctor aramupima amubwira yuko bagiye kumutera urushinge kugirango uburwayi afite mu mubiri ahite akira. Aho kumutera umuti umukiza, ahubwo bamutera urushinge rw’uburozi ako kanya ahita apfira aho ngaho mu bitaro bya gisirikare by’Ikanombe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nibamara kumwica barahita bakora raporo yuko yahawe uburozi aho yanyweye inzoga mukabari hanyuma bamutera urushinge rugahita rumwica uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Jenerali Alex Kagame ni bamara kumwica, itsinda ry’abagore n’abagabo bakora muri National Intelligence Security Service NIS bazahita bakwirakwiza mu binyamakuru the Newtmes no kuri za social media yuko yarogewe mu kabari kugirango bayobye iperereza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ariko Gen.Alex Kagame ajya gupfa byari byananiranye ko ashiramo umwuka, maze umuforomo kazi w’umwega kazi atelephona shebuja amubaza icyo bagaomba gukora ahabwa itegeko ryo kumurangiza maze iyo ngabo ya RDF ihita ishiramo umwuka kungufu z’umwakagara yigira iwabo wa twese uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nibamara kwica Jenerali Alex Kagame, umuryango we uziheba cyane kandi bazagira ubwoba ko nabo bagiye kubica uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo w’umusirikare ukora muri NIS wahawe akazi n’umukuru w’igihugu Paul Kagame kuzajya atanga amarozi mu bitaro bya gisirikare no mu tubari, mbona ahawe imodoka izajya imutwara ariko itagira plate number. Mbona inyuma yiyo modoka hari Ifarasi nziza cyane yicayeho Malaika ushinzwe kugenzura abantu bose Paul Kagame yicisha amarozi yarangiza agakora raporo akayijyana mu ijuru akayiha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo yahaye ububasha n’uburenganzira Paul Kagame bwo kwica uwo ashaka, agakiza uwo ashaka, ariko namara gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ubutegetsi bwe buzakurwaho n’umuyaga uzaturuka mu butayu bugufiya kandi nubumara gukurwaho, nta bwo buzongera kwibukwa ukundi kuko bizaba bisa naho u Rwanda rutigeze gutegekwa cyangwa kuyoborwa n’umuntu uwari we wese uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abatashye u Rwanda muri 1994, ntabwo bigeze basangira umubabaro nabo barusanzemo, niyompamvu ibyishimo byabo, bizarangirira mu mibabaro ifitanye isano nabo barusanzemo kugirango babashe kumva umubabaro na gahinda bagize basangire uwo mubabaro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubu buhanuzi bwo kwica abakomeye buzihuta cyane kugirango busohoze umurimo wabwo, abanyabwenge bazahunga nta bwo urupfu rwa Paul Kagame ruzabageraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo yohereje umugisha kugirango ukomeze gutunganya imirimo ye idatunganye, fungura email yawe urebe kuko hari umugisha wamaze ku kugeraho uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka 2 za Leta y’ u Rwanda, imodoka 1 yari yanditseho RPF, imodoka ya 2 yari yanditseho government, izo modoka uko ari 2 zagendaga mu muhanda zimaze kugenda urugendo runini cyane zisanga imbere aho zajyaga umuhanda wacitsemo kabiri harimo ikinogo kinini cyane, zishaka uko zasimbuka urwo rwobo biranga haza umuyaga uturutse mu butayu uturuka inyuma urazihuha zigwa muri rwa rwobo zose zimanuka ikuzimu zicirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Paul Kagame poisoning generals of RDF obtained N° 229/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, CPT.Aloys Mpenzi wahoze ashinzwe ubutasi bw’ikigo cya R/G, umutwe w’ingabo ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu, bamuhaye akazi mu mushinga witwa (identification id project).

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned CPT Aloys Mupenzi obtained N° 230/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

Bamuhaye gahunda yo kuneka no kumenya abaje guhinduza indangamuntu id aho batuye, nicyo bakora, kugirango bategure gahunda uko bazabica uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona haje umwuka wa badayimoni winjira mu ba pastors bayoboye insengero, ubateza kutizera Ubuhanuzi hamwe ni manza zitabera by’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bavuga ko bakorera. Ahubwo abo badayimoni babateza umutima wo kwanga Umuhanuzi Majeshi Leon no kumugambanira mu bategetsi bayoboye igihugu ngo bamuce igihanga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 19, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itegereze hejuru mu isanzure ry’ijuru mukirere cyo mu gihugu cy’Ibabyloni kumurwa mukuru w’ISHUSHAN, maze umbwire icyo ubonye. Ndeba hejuru ku ijuru mbona umwuka w’imfu nyinshi cyane wuzuye hejuru mu isanzure ry’icyo gihugu.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imyaka iri mbere, mu gihugu cy’Ibabyloni-SHUSHAN (Kenya-Nairobi) nyuma y’ubutegetsi bwa Uhuru Muigai Kenyatta, uzamusimbura azica abantu benshi cyane kandi hazapfamo na banyepolitike uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abaturage batuye igihugu cy’Ibabyloni-SHUSHAN (Kenya-Nairobi) bazahura nurupfu ruzaterwa na batavuga rumwe n’ubutegetsi buzaba buriho icyo gihe hazapfa abantu benshi, benshi bazashimutwa baburirwe irengero uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho. Maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nyuma yizo mpfu zose abantu bamaze gupfa kandi bazira ubusa, abadayimoni bishe abo bantu bazahita bajyanwa mu butayu bugufiya hamwe nabo bakoresheje kwica abaturage bigihugu cya Kenya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all the people killed Gen Z movement Kenya-Nairobi obtained N° 231/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Uhuru Kenyatta created Gen Z movement obtained N° 232/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Raila Amolo Odinga created Gen Z movement obtained N° 233/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Fordy foundation of human right in Kenya created Gen Z movement obtained N° 234/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

Njyanwa mu iyerekwa ahantu kumusozi muremure cyane, mbona igiti kinini kizengurutswe ni bihuru, mbona hagati ya cya gihuru haturutsemo ibirimi by’umuriro bitwika cya kigiti kirekire ariko ntikongoke. Ariko wa muriro wa gitwikaga urazima, mukanya gato, mbona cya gihuru gitangiye gushonga buhoro buhoro muri cya gihuru hakavamo ibintu bimeze nka Volcano itwika cya giti kirekire cyari cyatwitswe n’umuriro kikanga gushya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Hirya ya cya gihutu hari ihene nyinshi cyane zizengurutse cya gihuru zarimo kurisha ubwatsi (bisobanura kurangira kw’imbaraga z’umwuka w’ikinyoma) maze bya birunga (volcano) biraza bitwika za hene zose zirashya zirakongoka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu kiriya giti kirekire wabonye kigoswe ni bihuru byinshi, n’ubutegetsi burinzwe cyane bwa Paul Kagame, Uwiteka Imana Nyiringabo azohereza umuriro utwike ubutegetsi bwe, kugirango abantu bamushyigikiye bamuvaho.
Ni bananirana bakanga kumuvaho, Uwiteka Imana Nyiringabo azohereza ibirunga (volcano) byinjire muri Paul Kagame atangire kwikanga abo yita inshuti ze bose ko bazamwica, noneho azatangira ku bigizeyo abashyire kure ye, maze atangire kubica umwe kuri umwe uko niko ubutegetsi bwa Paul Kagame buzarangira uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame namara gusigara wenyine ameze nk’igiti cyari gifite amashami akaza kwuma yose agashiraho, azasigara nta shami na rimwe afite aho niho azatangira gushongeshwa na bya birunga byinjiye muri we bitangire kumutwika kuzageza ashonze agashiraho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abayobozi bakuru ba Rwandan national intelligence security service NIS bagiye ku kwandikira e-mail bagusaba yuko wahagarika gukomeza gutangaza ijambo ry’ubuhanuzi hamwe n’amakuru yose yerekeranye n’ubutegetsi bw’u Rwanda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bagerageje kenshi gushakisha uko bakwica birabananira bakoresheje imbaraga zabo zose bafite, ariko birananirana.

Igitero cya nyuma cyari gikomeye cyane, bakugabyeho ngo bakwice, n’igihe wahishuraga ubugambanyi bwari mu nteko y’ubwami bw’uRwanda bugendera kw’itegekonshinga. Nyuma yo gushyira uwo mugambi ahagaragara ibyabo byaramenyekanye bituma Gakwaya Jean Marie na Muakshema Esperance basaba Leta ya Kigali gukora ibishoboka byose ngo barimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 20, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibintu bishimishije cyane, hakorwa igenzura ry’abantu bajyanywe mu butayu bugufiya bakabukora bakaburangiza, society ya Total na society ya Shell ni zo zari zatsindiye iryo soko ryo gukora ubwo bushakashatsi bamara kubona umuntu wajyanywe mu butayu bugufiya akabukora akaburangiza hanyuma bakamuha igihembo cy’umudali wwa DIAMOND uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Society ya Total na Shell batanze itangazo rihamagaza abantu bose bajyanywe mu butayu kugeragezwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bagatsinda icyo kizamini kugirango bamuhe igihembo cya Diamond.

Mbona hategurwa ibirori bikomeye cyane kugirango uwabaye uza kuba uwa mbere, ahabwe icyo gikombe gikozwe muri diamond (diamond priz).

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyamadini bishyira hamwe bavuga ko ari bo bagomba guhabwa icyo gihembo ngo kuko batangira umurimo w’idini warabagoye cyane!

Umwanya w’ibirori urageza maze haza abahagarariye Total na Shell baraza bashimira abantu bose bitabiriye ibyo birori byari byitabiriwe cyane na banyamadini, bari bahagarariwe n’umugore umwe wari wambaye nk’indaya, uwari ayoboye komite ya Total na Shell ahabwa ijambo asoma amazina ya bantu bose bajyanywe mu butayu bugufiya kugirango bageragezwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kugirango nibaramuka barangije gukora ubwo butayu bahabwe ingororano.

Ni uko abantu bose batega amatwi cyane mu gihe barimo gusoma amazina ya bantu bajyanye mu butayu bugufiya, ni gihe bamazemo, ibizamini bakoze na manota babonye, uwaje kumwanya wa mbere yari Umuhanuzi Majeshi Leon wa maze mu butayu imyaka (18yrs) mbona Society ya Total na Shell bafashe cya gikombe cya diamond barakimuhaye kuko yari yagize amanota 85% (distinction) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ko abanyamadini babaye cyane kuko ataribo bahawe ibyo bihembo ako kanya bahita bava muri ibyo birori byarimo kubera muri hotel nziza cyane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo ajya ahemba abamwumviye bakihanganira ibibagerageza byose bakabitsinda batinubiye umuhamagaro bahamagariwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, idini rya ADEPR nta bwo rizongera kugira amahoro ukundi kuko umwanzi yamaze kuryinjiramo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Esther Marie Murebwayire yatangiye umurimo wo kuneka kuva cyera ubwo yahabwaga akazi ko kujya gucyura impunzi z’abahutu zahungiye muri Congo icyo gihe yitwaga Zaire.Bakaza mu mukamyo bakakirwa na bajepe R/G abasirikare bashinzwe kulinda umukuru w’igihugu Paul Kagame bagahita bafata b’Abahutu bakabajyana kubicira ahantu hatazwi bavuga ko babajyanye mu nkambi guhugurwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Esther Marie Murebwayire afite amaraso y’Abahutu mu biganza bye kuko iyo atajya kubabeshya akoresheje bibiliya ijambo ry’Imana ntabwo baba abratashye ngo babice ukwiye kumuciraho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Evangelist Esther Maria Murebwayire has been shade Hutus blood in her hands obtained N° 235/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rincira umugani riti, hari umunyarwanda wagiye mu gihugu cy’Ububiligi agezeyo atangira gucuruza icyayi, hanyuma bene wabo (abanyarwanda) baza kumusangayo. Maze abagirira impuhwe abigisha uburyo bwo gukora bacuruza icyayi, bamaze kumenya imikorere ye, bamuca inyuma bamwambura isoko ryose yarafite.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, urabe maso kuko abagambanyi ni benshi kandi ntuzigere wiringira umuntu, kuko aho umuntu ari hose atekereza nabi, agakora nabi, kubera ishyari riba mu mutima we uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze mbona mpabwa imfunguzo zose zishoboka zo gufungura ahantu hose (master Key) hashoboka.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, Imana aguhaye ububasha, n’ubushobozi ku biremwa bituye kuri iy’isi icyo uzafunga kw’isi, kizaba gifunzwe, kandi icyo uzafungura kw’isi kizaba gifunguwe niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari abantu benshi batuye kuri iy’isi, bavuga ko bakunda Uwiteka Imana, kandi ko bamukorera umurimo, ariko abo bantu usanga bafite n’utundi tuntu bakoresha duherekeza ayo masengesho yabo mu gukorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo (imbaraga z’umwijima) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all the people who serving the Lord God of heaven using hiden evil spirits in this world obtained N° 236/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwahoze ari umugore wawe Murekatete Odette aturutse mu Rwanda kandi aje aherekejwe na ba maneko bakorera Leta y’ u Rwanda National Intelligence Security service NIS, maze nujya kumwakira bazahite bagufata bakujyane muri Rwanda Embassy babe ariho bakwicira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned the Rwandan intelligence agents against the great prophet Majeshi Leon obtained N° 237/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned the traitors Mukandirima Murekatete Odette against her former husband Majeshi Leon obtained N° 238/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema comes from heaven unto me, and told me that, man of living God of heaven, just read (rhema word called tortoise) «this word it means that a slow moving reptile with a domed shell»

The second rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, just read rhema word which is front of you called tortuous «this second rhema word it means full of twists and turns, length and complex»

July 21,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abiringiye Uwiteka Imana bameze nk’umusozi ZION, utabashwa kunyeganyegazwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

July 22, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona za invitation zakorewe hanze mu bihugu byUburayi izo invitation zari zanditseho izina ry’umukuru w’igihugu cy’IBABYLON Uhuru Kenyatta, mbona ni invitation z’ubutumire zijya zihabwa abakoze ubukwe cyangwa ibirori bya bakomeye na banyacyubahiro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Noneho icya ntangaje ni uko izi invitation zari amoko menshi atandukanye kandi ari nyinshi cyane, zari zikoranye ubuhanga bisobanuye (ubutumire bw’urupfu) cyakora harimo imvitation [1] gusa igaragaza yuko umukuru w’igihugu afite ibirori birimo gutegurwa (ubukwe) iyo niyo yari nziza kuruta izindi zose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhuru Kenyatta nava ku butegetsi azateza ibyago byinshi ndetse birimo nimpfu nyinshi cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned former president Uhuru Muigai Kenyatta obtained N° 239/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ucireho iteka imigambi ya Satani, abazimu na badayimoni uko niko Uwiteka abitegetse.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned the Satan and demons plans against the world and inhabitants obtained N° 240/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all the people became the members of Satan and hell obtained N° 241/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all women became the members of Satan and hell obtained N° 242/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all men became the members of Satan and hell obtained N° 243/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Satan and hell obtained N° 244/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar