Abega na AFC/M23 agatara katse!!!

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru biratangaza ko abega bazamuwe umusozi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’Abatutsi kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko abega ubu bafite ikibazo gikomeye cya cash kuko badashobora gukomeza intambara yo mu burasirazuba bwa DRCongo aho inyeshyamba za AFC/M23 ziganye ni za Leta ya Flex Tshisekedi.

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru bikomeza bivuga ko ubu bafite isoni zitagaragara zisa nizihishe mu mwijima. Abega bakaba bafite ubwoba ko bashobora no gukurwa ku butegetsi bakurikije uko Ubuhanuzi bwabitegetse.

Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko bishyura «€750 m» baranga bica amatwi, none ubu icyo bakoze cyose kirabanyura mu myanya y’intoke.

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru kandi biratangaza ko Pastor Jean Marie utuye mu mazu yo kwa Rujugiro akomeje kubeshya ko akorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi akorera Satani kuko ibyo abwira abantu byose ari ibinyoma dukurikije uko ijuru rya bitangaje!

Ijuru rikomeza rivuga ko, Umuhanuzi w’ibinyoma Jean Marie agiye kubura atazongera kuboneka abantu bazajya bamushaka ntibazongera kumubona kuko office ya koreragamo igiye gufungwa.

Ijuru rikomeza rivuga ko, za magigiri z’ u Rwanda zikorera mu mahanga zifite ibibazo byinshi cyane birimo kutishyurwa kuko isooko yaho bakuraga cash Uwiteka Nyiringabo yamaze ku byivangamo.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar