inkomoko y’igitugu gikabije cya Paul Kagame nyuma yo kwimwa ubuhungiro, no kutazakurikiranwa mu nkiko!!!

May 11, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, niyompamvu abari inshuti zawe bose bahindutse abanzi barwanya ijambo ryanjye kubera ku kugirira ishyari, ni uko Ubuhanuzi bushyira ahabona ibinyoma byabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho UwitekaImana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko abantu nta cyo bashobora kugutwara kuko ndinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu bose bakorana n’umwanzi Satani bagiye gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, niyompamvu bakurwanya kuko bamaze kumenya amakuru y’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, ikibazo si wowe, ikibazo baratinya ko bagiye gucirwaho iteka kuko Umwami wabo yamaze kubabwira ko igihe cye cyo gukorera mw’isi cyarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko mpawe izindi mbaraga zirwanya kandi zikanesha inkozi zibibi na Satani, Uhoraho Nyiringabo arambwira riti, uhawe kurwanya no kunesha umwanzi kugirango atarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za maneko zo ku ngoma y’abega zagose Umuhanuzi Majeshi Leon, mu gihe ndimo gutekereza uko nakwivana muri zo za maneko z’abega, mbona Uwiteka Imana Nyiringabo yohereje inyoni (3) z’ubululu nibwo bwa mbere nari nzibonye, ziraza zirwana na za maneko ba Leta y’uRwanda (national intelligence service) (NIS) icyo gitero cyabo bose barahunga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Nyiringabo ajya atabara ubwoko bwe bumukorera, afite ingabo nyinshi zikorera ku isi hose zishinzwe umurimo we, niyompamvu ukorera Uhoraho adakwiye gutinya cyangwa ngo agire ubwoba bwo kumukorera kuko amaso ye, aba ku bamukorera iteka ryose uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zibibi zimaze kubona ko ibikorwa byabo byose Uwiteka Imana Nyiringabo yabiciriyeho iteka, maze bohereza imbaraga z’umwijima na zo Uhoraho Nyiringabo aziciraho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abatutsi baturutse mu gihugu cya Tanzania baciriweho iteka kuko barwanije Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango barebe yuko imyuka mibi ya Satani bakoresha yakomeza kubakoreramo, ariko nta bwo byakunda kuko iyo myuka mibi ubwayo yamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu bantu baguhagurukiye harimo na bo abatutsi baturutse mu gihgu cy’Abakaludaya (Chaldeans) kuko Ubuhanuzi uhanura butuma imbaraga zabo zitongera gukora uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo batutsi baturutse mu gihugu cy’Abakaludaya (Chaldeans) batsinze n’urubanza imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, niyompamvu baciriweho iteka kuko ari inkozi zibibi niko abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, perezida w’u Rwanda ageze mu bihe byo muri 1993/94, abanyarwanda na basutseho umwuka wo gutinyuka bakarwanya perezida Habyarimana Juvenal kugeza avuye ku butegetsi. None na Paul Kagame nawe abanyarwanda nabashyizemo umwuka wo kwanga ibibi bakorerwa n’ubwo butegetsi kuzageza buvuyeho. Azica benshi cyane, ariko azava ku butegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, mbona Umwakagara Paul Kagame ahamagaza abakonikoni abaha ibyo bamusabye byose kugirango bahorereze Umuhanuzi Majeshi Leon imbaraga z’umwijima adakomeza guhanurira ubutegetsi bwe kandi areke no guhanurira amahanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abo bakonikoni bahamagawe na Paul Kagame bagerageza guterekera abazimu babo, ba bohereza mu banyarwanda basoma Ubuhanuzi kugirango babuzinukwe ntibakajye bumva bifuza kubukurikirana, maze mbona Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nawe afashe iyo myuka mibi yose bohereje maze afungura ahantu humwijima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira ritimwana w’umuntuabakonikoni ba benshye umukuru w’igihugu Paul Kagame yuko igikorwa cyo kuvangira abasoma Ubuhanuzinyamara imbaraga zabo zafungiwe ahantu mukirere cy’umwijima uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa numva abakonikoni bavuga bati, tubeshye umukuru w’igihugu, tumubwije ukuri, yatwica, kandi nta bundi buryo bwo kumufasha dufite. Imana yaduhaye ubwenge kuko nta kundi twabaho Tugomba kwirengera kugirango tubone uko tubaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Pentecostal Assembles of God Church (PAG) rikorera ku kimihurura mu Rwanda–Kigali bajyanywe mu butayu kujya kwigishwa uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo abashumba baragira intama zanjye bazongera kuziragira ngo ni uko bize amashuli ya “THEOLOGY” barangiza bagahabwa uburenganzira na (government) kandi jye nta bwo nabahaye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye guciraho iteka abashumba baragira intama zanjye kuko batigeze baragira intama zanjye neza, ahubwo barya izibyibushye izisigaye zinanutse zikaribwa na masega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cy’uRwanda bwana Paul Kagame, mbona asaba ubuhungiro mu bihugu byo hanze, umuntu wese yegerega ngo amusabe ubuhungiro yahitaga amuhunga akigirayo.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwana Paul Kagame arimo gutekereza kuva ku butegetsi, ariko yifuza ko, ataba mu gihugu cy’u Rwanda ahubwo yajya kuba hanze mu buhungiro, nyamara ibihugu byose yagerageje kuvugana nabyo ko yifuza kuva ku butegetsi ariko abisaba ko bamwemerere ko atazafatwa ngo ashyikirizwe ubutabera abo yabisabye bose barabyanze bamubwiye ko badashobora kwivanga mu bucamanza kuko bwigenga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira ritimwana w’umuntuumukuru w’igihugu cyuRwanda abazungu yari yizeye ko bazamuha ubuhungiro banze kumufasha icyifuzo yabagejejeho bamubwiye batabishobora none agiye kubaho wenyine nk’inyamaswa yo mu ishyamba agiye kwigunga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iiyerekwa mbona urusengero rwitwa Christian Life Assemble CLA rufite icyicaro ahitwa inyarutarama KigaliRwanda mbona ibyaha byabo bigeze imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo aciriyeho iteka urwo rusengero rwa Christian Life Assemble kuko badakorera Imana yo mu ijuru, ahubwo bakorera Satani umwanzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, uwo muzungu wubakishije urwo rusengero yatse abanyarwanda abamashillingi yikirenga arenze kuri (budget) yateganijwe kubaka urusengero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Pastor KUMAT uyoboye urusengero rwa Christian Life Assemble (CLA) aciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inyamaswa ifite amahembe [2] ku mutwe wayo, iyi nyamaswa ya hanuwe n’Umuhanuzi Daniel 7:1-25 mbona inyamaswa indi inyamaswa iturutse mu butaka ihaye imbaraga inyamaswa ya mahembe [2] maze iha ububasha bwose bwo gutangira gukorera mu isi kuyobya abayituye bose kandi abatazemera kuyiyoboka no kuyikorera bazacibwe imitwe. Maze mbona iyo inyamaswa imaze guhabwa ubutware imbaraga n’ubushobozi bwose, itangira gutegeka isi yose no kuyitwaza igitugu, mbona hazamutse akandi gahembe gatoya kazamukira hagati yizo inyamaswa uko ari (4) ako gahembe gatoya kari gafite ubutware bukomeye cyane kurusha izo inyamaswa uko ari (4) ariko butagaragara imbere ya batuye isi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kuza ubutware mw’isi ya bazima, buzaba buturutse k’Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi ubwo bwami bazategeka isi yose, abami bose, na batware bose bo kw’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

In the first year of Belshazzar king of Babylon Daniel had a dream and visions of his head upon his bed: then he wrote the dream, and told the sum of the matters. Daniel spake and said, I saw in my vision by night, and, behold, the four winds of the heaven strove upon the great sea.

And four great beasts came up from the sea, diverse one from another. The first was like a lion, and had eagle’s wings: I beheld till the wings thereof were plucked, and it was lifted up from the earth, and made stand upon the feet as a man, and a man’s heart was given to it.

And behold another beast, a second, like to a bear, and it raised up itself on one side, and it had three ribs in the mouth of it between the teeth of it: and they said thus unto it, Arise, devour much flesh. After this I beheld, and lo another, like a leopard, which had upon the back of it four wings of a fowl; the beast had also four heads; and dominion was given to it. After this I saw in the night visions, and behold a fourth beast, dreadful and terrible, and strong exceedingly; and it had great iron teeth: it devoured and brake in pieces, and stamped the residue with the feet of it: and it was diverse from all the beasts that were before it; and it had ten horns.

I considered the horns, and, behold, there came up among them another little horn, before whom there were three of the first horns plucked up by the roots: and, behold, in this horn were eyes like the eyes of man, and a mouth speaking great things. I beheld till the thrones were cast down, and the Ancient of days did sit, whose garment was white as snow, and the hair of his head like the pure wool: his throne was like the fiery flame, and his wheels as burning fire.

A fiery stream issued and came forth from before him: thousand and thousands ministered unto him, and ten thousand times ten thousand stood before him: the judgment was set, and the books were opened.

I beheld then because of the voice of the great words which the horn spake: I beheld even till the beast was slain, and his body destroyed, and given to the burning flame. As concerning the rest of the beasts, they had their dominion taken away: yet their lives were prolonged for a season and time. I saw in the night visions, and, behold, one like the Son of man came with the clouds of heaven, and came to the Ancient of days, and they brought him near before him.

And there was given him dominion, and glory, and a kingdom, that all people, nations, and languages, should serve him: his dominion is an everlasting dominion, which shall not pass away, and his kingdom that which shall not be destroyed.

I Daniel was grieved in my spirit in the midst of my body, and the visions of my head troubled me. I came near unto one of them that stood by, and asked him the truth of all this. So he told me, and made me know the interpretation of the things. These great beasts, which are four, are four kings, which shall arise out of the earth. But the saints of the most High shall take the kingdom, and possess the kingdom for ever, even for ever and ever.

Then I would know the truth of the fourth beast, which was diverse from all the others, exceeding dreadful, whose teeth were of iron, and his nails of brass; which devoured, brake in pieces, and stamped the residue with his feet; and of the ten horns that were in his head, and of the other which came up, and before whom three fell; even of that horn that had eyes, and a mouth that spake very great things, whose look was more stout than his fellows.

I beheld, and the same horn made war with the saints, and prevailed against them; until the Ancient of days came, and judgment was given to the saints of the highest; and the time came that the saints possessed the kingdom.

Thus he said, the fourth beast shall be the fourth kingdom upon earth, which shall be diverse from all kingdoms, and shall devour the whole earth, and shall tread it down, and break it in pieces.

And the ten horns out of this kingdom are ten kings that shall arise: and another shall rise after them; and he shall be diverse from the first, and he shall subdue three kings. And he shall speak great words against the highest, and shall wear out the saints of the highest, and think to change times and laws: and they shall be given into his hand until a time and times and the dividing of time.

egretnewseditor@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar