Ingabo z’Uwiteka Imana Nyiringabo zikorera muri RDF zitwa (Indobanure)
April 26, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu burira abantu ubabwire uti ubutabera bw’Uhoraho Nyiringabo bwaratangiye burimo gukorera kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ba maneko bakorera Leta y’uRwanda bashatse undi mugore ugiye kuza ku kuneka kuko abandi wa maze kubatahura uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagambanyi babaye benshi kuko na Joyce Wanjiku hamwe na Joyce Olang’u nabo bamaze kuba abagambanyi barimo gukorana na Murekatete Odette wagurutse Nairobi ahiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uvume abo bagore bose bakugambaniye kuzageza kubisekuruza byabo (7) niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ntuzabakize umwijima wa ni njoro, umucyo wawe uzababe kure kuko buzuye ubugome no gukiranirwa kwinshi cyane bashatse kumena amaraso atariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ubwiza bwawe ntibazabwengere, imbuto nziza z’ibiti by’ubwiza bizababe kure cyane kuzageza igihe bazamenyera yuko gukiranirwa ari ikizira k’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bagume ntizabe mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko umucyo w’Uwiteka uzagaragara mu isi, ntibazawubemo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ntuzibagirwe ikinyoma bakoresheje yuko babeshye ubwoko bwawe ko ari abagaragu bawe, nyamara bakoreraga Umwami wabadayimoni nk’uko basogokuru babivuze neza ngo ugusengera kwishyiga umusiga ivu, n’ubundi ntuzibagirwe kubagenza uko bagenjereje abandi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bagiye gushimuta ikinyamakuru cyawe www.inyangeNewss.com ariko nta bwo umugambi wabo uri bugende neza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore witwa Ingabire Christine Marie Mugarura ntumwizere kuko akorana n’ingoma y’abega ni maneko ukomeye cyane bamuhaye gahunda yo ku gutumira kujya muri France–Paris kugirango bagufatire ku kibuga cy’indege uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’Isamairya (Burundi) Peter Nkurunziza asigaje igihe gitoya cyane kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 27, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu Umwakagara Paul Kagame yafunze abantu benshi cyane abandi arabashimuta baburirwa irengero niyompamvu ngiye kumukura ku ngoma kubera gukiranirwa cyane birenze urugero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore witwa Ingabire Christime Marie Mugarura ni we maneko wagerageje kuba umuhanga mu bagore bose bari bashyizeho ngo bakuneke uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ucireho iteka umuryango wa Ingabire Christine Marie Mugarura na bamukomokaho bose kuko yagambaniye Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ushyire ahagaragara uwo mugore w’inkozi yikibi Washatse ku guca igihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, JEZEBEL Nyiramongi Jeannette Kagame yari yatanze agatubutse kugirango ufatwe kuko icyo akeneye ari ukubona bakuzana bakakugeza imbere ya maso ye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo afite ingabo zitwa “INDOBANURE” muri RDF akaba ari zo zizakuraho ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ze zikorera muri RDF, uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo agiye kubakoresha ibikomeye cyane mu ntambara mugiye kurwana itandukanye nizo mwarwanye zose kuko mugiye guhura ni bikomeye cyane, ariko ntimutinye kandi ntimuhagarike imitima kuko ari kumwe namwe uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ingabo z’Uwiteka Imana Nyiringabo zikorera muri RDF, uti, mugiye guhura ni bikomeye cyane, ariko azabana namwe kuko muri ingabo agiye gukoresha ibikomeye kw’isi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kuznaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ingabo zanjye zikorera mu ingabo za RDF, uti, uku niko Uhoraho abagira inama, udashoboye guhunga, naceceke kandi yirinde kwerekana umubabaro, ahubwo ajye agaragaza ubugwaneza, no kwishima cyane, inyuma y’umubiri kugirango kugirango abega batazigera batahura ko utishimiye ubutegetsi bwabo bakaguca igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com













