Umwakagara ababazwa ni uko ba maneko be bashyizwe ahabona n’Umuhanuzi Majeshi Leon
April 20,2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu wese wamennye amaraso atariho urubanza muri gakondo ya bakiranutsi, nzahora nihanukiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inka, imbata, inkoko, biza bisanga Umuhanuzi maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega baterekereye imandwa nyinshi zitandukanye, baguteje umwuka wo gutotezwa uhoraho, baguteje intambara zikomeye za hato na hato, baterekereye imandwa inkoko y’urugimbu kugirango bahagarike umurimo ukora wo guhanura uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni bamaze kunanirwa umurimo bagombaga gukora, none Leta y’abega yohereje abasore bafite uburambe mu bwicanyi bagera ku (10) baje muri Kenya-Nairobi kuza kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Leta y’abega bagiye kwitabaza ikorana buhanga ariko naryo, nta cyo rizabamarira kuko Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Nziza Jack ni we wahawe inshingano zose operation yo kurimbura ubugingo bwawe, ariko arasa naho uwo mugambi atazawushobora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona igihugu cyose cyuzuye amarozi menshi cyane bakoresha bica abantu. Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu benshi bagiye kwicwa hakoreshejwe amarozi kuko ubutegetsi bw’abega bumaze kugira integenke uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa aho imyuka yabishwe bahohotewe aho ishyirwa mu gihe itegereje ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, mbona iyo myuka irimo kwitotomba cyane bibaza impamvu bishwe kandi nta cyaha bakoze, hanyuma Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akaba atabahorera uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iyo inkozi zikibi zishe abantu cyangwa umuntu, iyo amaze gupfa, ako kanya ahita amenya uwamwishe, kuko aba avuye mu mubiri akajya mu mwuka aba afite ububasha bwo kumenya no gutahura uwamukuyemo umwuka, ariko nta bubasha aba afite bwo kuba yagaruka kw’isi ya bazima. Ariko ashobora kuza mu buryo bw’umwuka akabwira abavandimwe be umwishe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 21,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakurwanyaga bose bazakugarukira harimo abayobozi bakuru ba RNC uko niko Uhoraho avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ba rushimusi boherejwe na Leta ya Kigali, ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega barimo kugerageza uburyo bakongera gushimuta gakondo yawe www.inyangeNewss.com ariko nta bwo biza kubatunganira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 22, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi akomeje ku guhiga ashaka kurimbura ubugingo bwawe, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uwigira umukiranutsi, uwo ni we ugambaniye umwana w’umuntu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 23, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyegera cy’umukuru w’igihugu wa Kenya Samuie William Ruto azasimbura Uhuru Kenyatta mu buryo bw’uburiganya, kandi azasahura icyo gihugu, abo munsi ye bose nabo bazaba basahuranwa igihugu kizasigara ari umusaka kidafite amikoro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uko abantu bihinduye abahanuzi na bahanuzi–kazi kubera gushaka uburyo bwo kubaho, ariko cyane, abenshi bakoreraga ubutegetsi bw’ingoma y’abega bashaka kuyobya benshi cyane bareke Imana yabo bizeye ahubwo bakurikire imyuka iyobya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri abo bihinduye abahanuzi–kazi bayobya ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, harimo witwa JEANINE BIZAMPORO utuye mu gihugu cy’Ubwongereza United Kingdom(UK) uyu mugore akaba akorera yabo y’abega ya Kigali ashinzwe gukorana na biyita abakozi b’Imana kugirango amenye imikorere yabo, na amshyaka ya politike ba barizwamo niba barwanya ubutegetsi bwabo bwa Kigali uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kirahe ubwo abantu bose bakorana n’imbaraga z’umwima bashyirwa ku karubanda kugirango bimenyekane uruhande baherereyemo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari abagore (2) bakoraga nka JEANINE BIZAMPORO bakunze gukurikirana Ubuhanuzi cyane, nibamara gusoma ubutumwa Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze kuri Jeanine Bizamporo bazahita bareka gukorana n’abega kubera gutinya yuko Imana izabashyira ahabona uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, umwana w’umuntu, wirinde umugore witwa Christine Mukama wo muri RNC kuko yatumwe na RNC ku kuneka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Marie Esther Murebwayire ni maneko akorera ubutegetsi bw’iwabo Igitarama buyobowe n’Umwakagara Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore witwa Consolee utuye muri France nawe ni maneko akorera ubutegetsi bw’ingoma y’abega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore witwa Nyiramihanda Magnifique na we ni maneko akaba umwega-kazi akorera ubutegetsi bw’ingoma y’abega atuye mu gihugu Irelande kumugabane w’Uburayi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na BIZAMPORO JEANINE akomoka Igitarama uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jeanine n’umugabo we JUSTIN bari batuye mu gihugu cy’Ubuholande baza kwimuka bajya kugakorera mu gihugu cy’UBWONGEREZA UK uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, abo abega-kazi bashinzwe kuneka umuntu wese utavuga rumwe n’ingoma ya kega ikomoka Igitarama uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, izo telephone zabo uzishyire ahabona kugirango bimenyekana imirimo yabo mibi bakora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jeanine Bizamporo telephone number: +447503278075/+447503777527
2016-03-10 0:23 GMT+03:00 JEANINE BIZAMPORO <jeanbiza@hotmail.com>:
April 25, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umutu, abo bose bari bashinzwe ku kuneka kugirango barimbure ubugingo bwawe, bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame yababaye cyane kuko washyize ahabona za maneko ze zari zishinzwe kumukorera umurimo none gahunda zabo zaburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, JUSTIN n’umugore bakozwe nisoni kuko bajyaga babeshya abantu benshi cyane, kandi bahemukiye kuko batigeze bamenyekana ko bakorera ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com













