Ubuhanuzi bwa Donald Trump kuri manda ya mbere 2016
Jan30 ,2016 njyanwa mu iyerekwa muri Leta zunze ubumwe z’America mbona abakandida (2) abiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu baturuka mu mashyaka abiri, uwa mbere yari madam Hillary Clinton uturuka mu ishyaka rya ba democrate, uwa kabiri yari Donald Trump uturuka mu ishyaka rya ba republic, n’ubwo adashyigikiwe nabo mu ishyaka rye rya republic (conservative) mu matora ateganijwe muri Nov 5, 2016 mbona ko habaye amatora maze Donald Trump atsinda Hillary Clinton aba umukuru w’igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Donald Trump ashyigikiwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi yanamuhaye igikundiro cyo gukundwa na baturage uwo niwe uzatsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri US uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyaMerica bakunda amahoro kandi bakunda kwisanzura cyane nta bwo bakunda intambara, ariko Barrack Obama yabijeje amahoro ariko nta bwo yigeze ayabagezaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 31,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani yitambitse imbere y’umugisha nohereje ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Malaika Michael amanutse gukura mu nzira abazimu na badayimoni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani kandi yohereje umwuka wo kumugara kugirango ntukomeze umurimo wanjye, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko na maze kuburizamo imigambi ye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uhumure Uwiteka niwe maso yawe, kandi niwe mbaraga zawe kuko bidashoboka yuko umwanzi yaburizamo umurimo wa data wo mu ijuru uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani na bakozi be bamaze kunanirwa intambara bakurwanya ngo udakomeza umurimo wo guhanurira isi no guca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Feb 1, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kuba intambara ya lll y’isi yose, kandi iyo ntambara izatangizwa n’igihugu cya Russia uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu benshi cyane bazajyanwa kumusozi umeze nka wa wundi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Feb 2, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abatuye isi ko hagiye kuba ibyago, akaga, amakuba, atewe no gukiranirwa kwa abantu bamaze kwibagirwa ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabaremeye kumuramya no kumwubaha none basigaye baramya Satani bakamwubaha kandi ibyago Uwiteka agiye kubateza nta bwo Satani ashobora kubi bakiza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho aguhaye ubushobozi bwo kwica no kurimbura abadayimoni kugirango ibikorwa byabo burangireho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore bo mu gihugu cy’Ibabyloni (witchcraft) bo mu bwoko bw’Abakikuyu bacuruza mu masoko atandukanye ko bakoresha imyuka mibi yo gukurura abakiliya (clients) ngo bashobore gucuruza amashillingi menshi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Ubuhanuzi bw’intambara ya lll y’isi yose ujye ubwandika neza kuko ntabwo iyo ntambara izatinda kuza iraje kandi yihuse cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cy’ISAMARIYA (Burundi) cyoherezwa umuyaga waturutse ikuzimu uhera hasi ugera hejuru ubirandura igihugu cyose gishiraho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni abanyamurenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda ubabwire uti, mutaye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, murangije mwikura ku bwoko bwanyu mushaka kwigira ubundi bwoko butari bwo, kubera iyo mpamvu Uhoraho Nyiringabo azabarwanya aho muzajya hose kw’isi kandi nta bwo muzaba abanyamugisha uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, niba mushaka amahoro mugomba kugaruka k’Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi mugomba kwemera ko muri abatutsi. Ibyo ni mutabikora Uhoraho Nyiringabo azabamraho burundu uko niko abivuga.
Nzabagira igitangariro mw’isi ya bazima kugirango na bandi bantu bareberaho kuko mwanze kugendana n’Uwiteka Imana yo mu ijuru, ahubwo mwishakira inzira zanyu ni mana zanyu niyompamvu nza barwanya nkabakoza isoni kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Abatutsi uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, ibyahanuwe byose birwanya ubwoko bw’Abatutsi nzabisohoza vuba cyane kugirango bakorwe nisoni kuko amatwi yabo atumva kandi bakaba badashaka kuyoborwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
egretnewseditor@gmail.com













