M23/RDF bagiye guhura na kaga gakomeye mu minsi ya vuba
Muruzinduko rwa Flex Tshisekedi yagiriye muri America rushobora ku mubyarira umusaruro, n’ubwo batumiye abakuru b’ibihugu (3) DRCongo, Kenya, Genie, bose bakaba bamaze kugera WHITE HOUSE aho na ministiri w’ububanyi namahanga Marco Rubio kugirango babashe guhura na Donald Trump. Abega n’Umwakagara bashobora kuba bagiye kunyagirwa ni imvura y’urubura.
Amasezerano yabaye last 4 December 2025 ashobora kuba impfabusa hagati y’ibihugu byombi, uRwanda rukaba rushobora kuba rwa bihomberamo. Umunye kongo niyitwara neza byashoboka ko M23–RDF bashobora guhura n’ingaruka z’intambara bashoje muri DRC bizeye US. Mu gihe ishobora ku bahinduka kubera inyungu zayo, bashobora gukorwa nisoni.
Sinzi aho abega bari buhungire ni biramuka bigenze uko, kuko birashoboka kandi cyane.
Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko bafungura imfungwa zose zifunze zaba abasirikare cyangwa abacivile barabyanga. Ntabwo rero byaba bibaye igitangaza mu gihe Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yajya kuruhande rwa DRCongo maze ibyari zahabu bagahinduka umuyongo.
Ikigaragara ni uko Flex ashobora kuba yaragiriwe inama nziza na Emmanuel Macron yo kuzemera gutanga ibyo US byose ishaka kugirango bahinduke Kigali na M23. Kumunsi wejo bari Doha mu biganiro mu gihe Tshisekedi yahawe ubutumire wenyine gusubira Washington DC.
Inama ya Donald Trump irasobanutse neza cyane, yahamagaje ibyo bihugu ngo baganire ku bijyanye na mabuye ya gaciro. Ubwo rero byashoboka ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yahindura umutima wa Donald Trump agahinduka abega kuko banze kumvira ibyo umwuka w’Imana yabategetse.
egretnewseditor@gmail.com













