Files numbers zimukozeho Samuei William Ruto yavomeye mu kiva!!!
Kenyans n’abahanga cyane muri politike mu buryo budasanzwe hakozwe umubare wa (pi) udasanzwe aho Dr. Kalonzo Musyoka Steven yabanje kwitabaza former president of Nigeria Olusegun Obasanjo kugirango abashe guhuza former president Uhuru Kenya Muigai n’uwahoze ari deputy president George Rigathi Gachagua kuko n’ubwo yari yasabye imbabazi Uhuru Kenyatta akaba na mwene wabo wo mu bwoko bw’abakikuyu, nta bwo byari bihagije ngo abe ahawe imbabazi zuzuye babe bakorera hamwe.
Bitewe ni uko Gachagua na Ruto bakimara kujya ku butegetsi bakoze ibikorwa bibi bajya muri farm ya Uhuru Kenyatta biba ihene ni ntama barazitwara ariko nta bwo byabahiriye kuko zatangiye kuvuga nka bantu zivugira mu ijwi rya nyina wa Uhuru Kenyatta maze bagira ubwoba barazigarura.
Iyo handshake yabaye mukwezi gushize ibereye Nigeria nyuma yaho bagarutse muri Kenya, kumunsi wejo impuzamashyaka yitwa (Azimio La Umoja one Kenya coalition) yatsinzwe amatora mu matora y’ubushize bongeye kwisuganya Uhuru wari Chairman hamwe na bagize politics bureau bafashe Dr. Steven Kalonzo Musyoka aba ari we usimbura Raila Odinga nka party leader wa Azimio La Umoja one kenya coalition.
Bakima kwemeza Kalonzo Musyoka ko ari we party Leader yahise ahamagarwa na Donald Trump ajya muri America bahuye uyumunsi baganira ku matora ya 2027 ni uko William Ruto yakurwa ku butegetsi.
William Samuei Ruto yari yaraciyemo ishyaka rya ODM ibice (2) agirango arisenye azabone uko yatsinda amatora kuri manda ya (2) none biramupfanye.
Hagomba kuba amatora ya NDC kugirango abanyamuryango batore umuyobozi mushya wa ODM, party leader kuko Azimio La Umoja one kenya coalition mu mategeko rifatwa nk ’ishyaka kandi rifatwa nk’impuzamashaka.
Bahise bandika urwandiko barujyana kwa registrar political parties bavuga ko Kalonzo Musyoka Steven ari we party leader wa Azimio La Umoja one kenya coalition. Kandi bakoze amavugurura minority in parliament Junet Muhammed yasimbuwe na Raphael Tuju wari executive director nawe yasimbuwe.
Mukuru wa Raila Odinga witwa Oburu Oginga washakaga gukorana na William Ruto biramupfanye kuko yari yasimbuye mukuru we byagateganyo. Akaba yarahanganye na S/G wa ODM Edwin Sifuna wemewe na mategeko. Bashatse ko committee nyobozi yo kurwego rw ’igihugu imweguza, ariko birananirana kuko itegekoshinga rya ODM rivuga ko S/G atorwa na NDC igize ishyaka mu gihugu cyose.
Kuba rero ODM ari umunyaryango wa Azimio la Umoja one Kenya coalition bizagorana kuyikuramo kuko bizabasaba ko babanza gukora amatora ya NDC hakiboneka umuyobozi mushya usimbura Raila Odinga.
Uwo muyobozi uzatorwa na NDC agomba kuzaba adakorana na Samuei William Ruto, kuko byanze bikunze azaba yumvikana na S/G Edwin Sifuna kugirango babashe kumukorera campaign kugirango abashe kubona amajwi hagati ye nabo bazaba bahanganye kuri uwo mwanya.
Raila Odinga amaze kwinjira muri Leta ya William Ruto yashatse uko yava muri Azimio La Umoja one kenya coalition birananirana bitewe n’uko bakoze amategeko.
Kalonzo na Martha Karua nabo bashatse kuvamo ngo batandukane na Raila Odinga warumaze kubavamo akajya muri Leta nabwo biranga bisaba ko Raila Odinga aguma muri Azimio La Umoja one kenya coalition babyemera batabyemera.
Bivuze ko ODM izaguma muri Azimio la Umoja one kenya coalition imibare ya Samuei William Ruto ihise ipfa burundu.
Nta byago nko kuba umukuru w’igihugu utazi imibare!
Ni kibazo gikomeye cyane! Abantu benshi bapfa kwinjira muri politike batazi ijambo (politics) icyo bivuga. Igisobanuro cyayo bivuze ngo (politics is a dirty game) ni umukino wanduye. Ukinwa n’umuhanga usobanukiwe imibare.
Bisonaura yuko William Samuei Ruto asigaye wenyine imibare ye iramupfanye, haba akarere ka nyanza region, mount kenya, ukambani, aho hose so far turabara million 2 kamba land, mountain kenya millioni 4.5, nyanza region 3.4 millioni, Luhya land 5 millioni.
Samuei William Ruto ni we ugiye kuba umutegetsi wa mbere muri Kenya uyoboye one term.
Aha ngaha biragaragara ko yamaze gucirwaho iteka kuko iyo wamaze gucirwaho iteka nta kindi uba ugisiharijwe ibyawe biba birangiye kuko Uwiteka Imana Nyiringabo nta cyo muba mugipfana. Ahubwo ubarirwa muruhande rw’abadayimoni.
egretnewseditor@gmail.com













