Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko Umuhoza Ingabire Victoire afungurwa vuba ngo kuko yemera imanza zitaebra, kandi ko agomba kwirinda kongera gukorana na Adeline Mukangemanyi Rwigara!!!
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ko Ingabire Victoire Umuhoza afite guca bugufiya kurusha Adeline Mukangemanyi Rwigara, kandi yavuze ko Adeline Rwigara yabwiye Ingabire Umuhoza ko atazigera yemera Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha ko ngo acuruza ijambo ry’Imana. Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ko yategetse ko imfungwa zose zifunzwe nabo ku ngoma y’abega bafungurwa. Kandi ko bagiye gufungura Ingabire Victoire Umuhoza ndetse na ni zindi mfungwa bagomba kuzifungura kuko atari Ingabire Victoire wenyine ufunze.
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ko ngo Ingabire Umuhoza yemera Umwami Kigeli Ndoli ndetse akemera ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Kandi ko agomba kwirinda kuzongera guhura na Mukangemanyi Adeline Rwigara yaba kuvugana anwe, cyangwa guhura nawe. Ngo kuko naramuka arenze kuri aya mategeko azasubizwa mu gihome cya burundu. Ngo kuko mu kiganiro bagiranye mbere yuko Adeline ava mu Rwanda hariho byinshi Ingabire Umuhoza yasanze mu Buhanuzi ari ukuri, ariko ngo agatangazwa n’uko Adeline abihakana atabyemera.
NB: Uwiteka Imana Nyiringabo avuga ko, ngo Adeline ashaka kwigira umugabe kazi w’uRwanda yaba muri politike cyangwa mu iyobokamana kandi bidashoboka.
Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko abana ba Adeline naho baza gushaka Umwami Kigeli Ndoli ngo abakurireho za files numbers ko Umwami Kigeli Ndoli adakwiye kubakira ndetse ko nta zabagirire imbabazi azabareke ubwo butunzi bwabo bubakurireho gucirwaho iteka rya burundu.
Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ko Adeline Rwigara ibyo yifuza byose muri politike nyarwanda atazigera abigeraho ngo azamujujubya kugeza kuri Amina. Ngo avuga amagambo mabi cyane kumugaragu we Umwami Kigeli Ndoli kandi ateye isoni n’ubwo atayavugira ku karubanda.
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ko Adeline afite ibisazi bidashobora gukira ngo cyeretse apfuye kandi ibyo ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo araza kubimukorera vuba kugirango abantu bagire amahoro kuko amagambo avuga mabi abuza abantu amahoro.
egretnewseditor@gmail.com














