Ariko abega kuki muri ibigoryi?

Abega mureke ubugoryi nta bwo iyi mikorere mishya mwadukanye ishoboka, nta bwo email yanjye ya nccleon@gmail.com  nta bwo yigeze iba kuri social media habe n’umunsi warimwe. Icyo kinyoma cya semuhanuka kiranyagisha. Last week mwohereje undi nawe ari na we wa mbere wadukanye iyi mvugo ndamwihorera ndamugigira birangira yasuzuguye.

Kuvuga ko wabonye e-mail yanjye kuri social media cyangwa ku kinyamakuru ukadukana gutanga amasoko atabaho ngaho gubabwa (tender) rya GSK-Sensodine colligate jyewe nta bwo ndi doctor ku buryo wampa (tender) ijyanye na material row ku buryo nzajya nkora supplying.

Ibihugu bifite material row ya GSK bishinzwe kugurisha material row, ni bihugu (4) gusa. Ni USA, India… Ni bindi (2) nta bwo mbyibuka neza, GSK ni society ikomeye cyane ikorera muri the United of Kingdom UK ndetse na nyirayo uyumunsi yajyanye na minister Sir. Stammer murugendo mu gihugu cya China.

Mubonye ko uwo mwohereje namutahuye mwohereje Ashley imvugo akoresha ni kimwe na ya yindi uwo mwohereje last week yakoresheje. Ngo nkwandikiye nifuza ko twakorana nabonye uri Umwanditsi. Ikibazo cyabaye ubushize uwo mwohereje yavuze ko yitwa Duke Robson, abonye mushubije ati nitwa Pearly. Na we yatangiye avuga ko ngo akina za film, akaba na writer ni bindi ….

Umuntu mugigira nta bwo mu muzi! Niba ungigira ukaba unyura mu nzira y’umurimo nkora wo kwandika, amakuru ni bindi bisa nabyo, guma muri uwo murongo duhanganire muri iyo carrier ntiyivemo. Kuba ushaka ko nsubiza email yawe nta kibazo mfite namba nshobora kugusubiza nkoresheje izindi e-mail mfite Singombwa ko nkoresha e-mail wakoresheje unyandikira.

Muri injiji cyane kandi nyamara muvuga ko mwize imahanga ndetse mukaba mwarize mu mashuli ahambaye, kuki abega mukomeje kugaragaza ubuswa? Izo cash babahemba uwazimpa nabakorera ibitangaza mukumirwa!!!

Mwahawe amazu, amamodoka, umushahara mwiza, ariko mu mutwe huzuyemo amazi! Nta bwo ushobora kuneka udakoresheje cash, ibyo gukoresha e-mail byari cyera mu myaka (14) abantu batari bamenya imikoreshereze y’ikoranabuhanga.

Iyo uneka umuntu nkajye bigusaba gukoresha cash nyinshi cyane! Guhindagura abantu baneka kandi imvugo yabo ari imwe bihita bigaragara icyo mushaka. Ubwo ejo mwari mwakoresheje undi warindagiye amaze imyaka (6) ampa ibiraka byo kwandika amakuru ariko sinjya mbona.

Dore ahantu mubera ibicucu ni bigoryi! Wowe nta bwo uzi system nkoresha, kuko iyo biza kuba muri abantu bazi ubwenge igihe mwahereye mukora tracking and hacking muba mwarabigezeho. Ubu sinzajya mbasubiza kuko maze kurambirwa ubugoryi bwanyu ahubwo nzajya nandika inkuru mberekane uko muri ibigoryi.

Kuki umuntu akoresha cash mu kugigira umuntu ashaka, ni ukugirango akugirire ikizere kuzageza igihe uzamugwa gitumo. Ariko mwebwe kubera ubukene bubageze habi n’ubuswa byose bivanze, mwibwira ko uwo mugigira ari injiji nkamwe? Jyewe ntabwo ndi stupid like you! Shame on YOU!!!

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar