Nta gushidikanya isi yatangiye kunyeganyezwa!!!
Igihugu cya CANADA cya maze kugirana amasezerano y’ubucuruzi n’igihugu cya China ku buryo bweruye, ibintu bya babaje Leta zunze ubumwe za America, aho Donald Trump yavuze ko ubwo bufatanye butazabura kugira ingaruka zikomeye cyane. Ibyo bibaye nyuma yuko umwaka ushize wa 2025 US and Donald Trump administration bashyizeho ibiciro bishya (new tariff) by ’imisoro kuri CANADA bituma umubano w’ibihugu byombi uhungabana.
Igihugu cya China nacyo cya kuriyeho imisoro umugabane w’Africa ibihugu (54) ko bazajya bajyana ibicuruzwa byabo muri China ku buntu. Iyi ntambara y’ubukungu ishobora kuza kuvamo intambara yeruye ya lll y’isi yose.
Umuyobozi mukuru w’African Union H.E. Mahmoud Ali Youssouf Yashimye cyane igihugu cya China kuba cyemeye kwitanga kubakuriraho umusoro ku bicuruzwa bizajya bijyanwa muri China. Iki gishobora kuba ari ikigeragezo cyiza America yashyizeho kugirango barebe ibihugu byifuza gukorana na China cyangwa bashyigikiye igihugu cya China mbere yuko bafata ingamba zo gutangiza intambara mu buryo bweruye mu isi yabazima.
Aha ngaha umuntu akaba ya kwibaza ati, ese hari igihugu kizemera gutwara ibicuruzwa muri America kigahomba bizwi neza ko nta nyungu bazabonamo ngo ni uko America ikomeye? Cyane ko bimwe mu bihugu bigera kuri (75) bya maze kwamburwa visas yo kujya muri America.
Ndetse bimwe na bimwe abaturage ba byo bakaba bamaze kwamburwa ubwenegihugu bwa USA bari bafite. Harimo gutegurwa irindi tegeko ribuza abantu batuye muri America bafite ubwene gihugu bubili (dual citizenship) muri iri tegeko bavuga ko abafite ubwene gihugu bubili bazahitamo niba bagumana ubwene gihugu bwabo, cyangwa niba bahitamo ubwene gihugu bw’America.
Ahangaha abantu bazaba bagurishijwe bibagiwe iwabo badashobora no kuba bahagira uruhare mu guteza igihugu cyawe imbere bivuga ngo niba wa gombaga kubaka iwanyu, numara guhabwa ubwene gihugu bizaba ngo mbwa ko wubaka muri America, n’uramuka wubatse iwanyu nka investment bizafatwa nk’umutungo w’America kuko uzaba ufite ubwene gihugu bw’America.
Aba bantu ni abahanga cyane.
Iri tegeko niriramuka ryemejwe n’intekoshinga mategeko, abazahitamo kuba abanya Merica, bazaba baguye mu mutego wo kutemererwa kongera kujya bohereza ama dollar boherezaga iwabo buri kwezi cyangwa buri mwaka. Iritegeko rizafasha Donald Trump administration kutazajyanwa mu nkiko mu gihe azaba afashe icyemezo cyo kwirukana abari bafite ubwene gihugu bw’America.
Ikibazo cya China amashillingi yabo ari hasi cyane nta n’ubwo agera kuri kimwe cya 1½ cy’amadollar kuko YUAN rimwe rya China rivunja 18.52 Kenyan Shilling, ama dollar y’America cyangwa nibura aya Canada. Ujyanye ibicuruzwa muri China nta cyo wakuramo. Mu gihe USD vs Ksh ubasha kubonamo 129.15 Kenyan Shilling urabona ko ntaho biteze kuzahurira kandi ikindi America iherutse kwihaniza Kenya ko itagomba kwishyura China imyenda ibafitiye ikoresheje dollar. Ahubwo ko bagomba kubishyura mu ma YUAN urabona ko za nyungu China yari kuzabona kuko yagurije Kenya ibishyize mu ma dollar byumvikana yuko China izahita ihomba cyane.
Igihugu cya China gukorera ubucuruzi Europe, USA, Canada, UK, kirahungukira cyane, igihe ishillingi ryawe riri hasi cyane ntibishoboka yuko wahangana na America cyeretse umugabane uwari wo wose nkuko European union babigenje babanje gushakishakisha euros rizahangana na USD cyangwa pound rya UK, aho niho ruzingiye cyangwa hari ibanga bivuze ngo hari kimwe cya kabili cy’abatuye isi bakolonijwe ni dollar ry’America kuzivana ahongaho bizagorana cyane.
Ibihugu bya Brazil, Russia, India, China, South Africa, byari byashinze BRICS umuryango wagombaga kuba ufite currency yabo, ariko Donald Trump amaze kwima ingoma BRICS isa naho yaburijwemo ntibabaye bagikomeza kuko mbere yuko JOE BIDEN avaho Russia yari yatangiye intambara muri Ukraine ngirango byabaye inzitizi yo gukomeza gahunda yabo yo kwishyira hamwe.
Na none kuba America ishaka green land yo muri Denmark byabaye ikibazo gikomeye cyane kuko America iravuga ko China na Russia bashobora gukoresha kiriya kirwa bazarasa USA. Mu gihe European Union bo bavuga ko muri icyo kirwa hari ubutunzi burimo bwa amabuye ya gaciro ku buryo ingabo za NATO zamaze kugera muri green land kandi nyamara izo ingabo za NATO zakagombye kuba harimo ni z’America.
Donald Trump bohereje congress ngo bajye kuvugana na Leta ya Denmark, ni mu gihe ingabo za NATO zari za maze kuhakandagiza ibirenge. Ndetse hanategurwa imyigaragambyo ya baturage bamagana USA na Donald Trump. Ibi biragaragaza uko Trump yirengagije kurangiza intambara ya Russia muri Ukraine kuko ayirangije yaba afashije EU kandi nabo badacana uwaka kubera amasezerano y’imihindagurikire y’ikirere (climate change) ngiye files numbers yo mu butabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo….
Iyi ntambara ishingiye kuri covid19 yamaze imyaka (2) abantu bicaye badakora kandi barya banywa, aho USA yahombaga ku isegonda (USD 4.6 BN) muri state ya Virginia niyo twabashije gukoraho ubushakashatsi. Ufashe 4.6 kw’isegonda ugakuba na one minute ubasha kubona miliyari (USD 276 BN) per one minute, ngaho kuba na amasaha (24 hours) nurangiza ukube n’ukwezi wongere ukube n’imyaka iminsi (720) ushobora kwumirwa ndetse na calculation yawe ishobora kutabasha kubara ayo ma dollar. Aho niho uhita usobanukirwa ibyanditswe byera muri Bibiliya yaciriweho iteka muri
Amos 3:15 And I will smite the winter house with the summer house; and the houses of ivory shall perish, and the great houses shall have an end, saith the Lord.
Hari ubundi buhanuzi busigaye butari muri bibiliya zanyu buvuga ko igihe cya covid19 abantu nta cyo bya batwaye, kubera iyo mpamvu Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azongera ateze ibindi byago bizasiga isi itagira ishusho ngira ubanza ari bwo isi itegereje mu minsi iri mbere byaba bigiye guhindura isura.
Nyuma y’imyaka (3) covid19 irangiye ingaruka zayo ubu nibwo zitangiye kwigaragaza hagati y’ibihugu ni migabane iri kw’isi ya bazima.
Ubuhanuzi bwa vuba bwavuze ko ibiti byo mu ishyamba bigiye kunyeganyezwa!!!
Igihe cyose muzakomeza gusuzugura imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, hamwe n’umucamanza uca imanza zitabera, nta kabuza muzahura na makuba akaga, ibyago, bikomeye cyane mutazabasha kwikuramo.
Aha ngaha bizaba ngombwa yuko amahanga ashakisha Umwami Kigeli Ndoli akaba n’umucamanza uca imanza zitabera kuko ari we ufite ububasha bwo guhagarika ibyago bikomeye cyane bigiye kugwira isi dutuyeho.
egretnewseditor@gmail.com














