Nibyo koko Umwakagara Paul Kagame yaba arwaliye mu bitaro byo muri France
Amakuru akomeje guhwihwiswa nyuma yibura rya Paul Kagame Umwami w’abega, wavuze ijambo ryo kwifuriza ingabo za RDF umwaka mwiza ku wa 31 ukuboza 2025. Ntiyongeye kujya ahabona, ariko abamubonye ava mu Rwanda bavuga ko bamubonye mu gihugu cya Qatar, ngo hanyuma yaje kuhava yerekeza mu gihugu cya France byashoboka ko ubu ariho yihishe mu bitaro byaho arimo kwivuza.
Birakekwa ko bwa burwayi bwo mu mutwe bwaba bukomeje kumubuza amahoro, gusa na none Ubuhanuzi bukavuga ko ngo uruti rwe rw’umugongo rwaba rwaratangiye kubora.
Aya makuru ashobora kuba ariyo kuko ibitero bikomeye cyane bya za magigiri bikomeje kwibasira Umwami Kigeli Ndoli bakoresha uburyo bwose bushoboka harimo n’ubusuzuguritse bwakabaye budakoreshwa.
Ibyo bigaragaza ko bafite ikibazo gikomeye cyane!!!
Ariko, ibitero bikaze byafashe umurego umwaka ushize mu kuboza nyuma y’italiki 4, 2025 ubwo yajyaga muri America mu nama yo gusinya amahoro hagati ye n’umukuru w’igihugu cya DRCongo Flex Antoine Chilombo, aho nyuma yiyo nama Umwami w’abega Paul Kagame yegereye Donald Trump akamusaba ko ngo yamufasha kwemeza Umwami Kigeli Ndoli gushyira abega mu nama y’Abiru mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Mucyumweru gishize bitwaje amakuru nanditse kuri Facebook ngira inama politicians bo mu gihugu cyacu cya Kenya, maze bandika email biyita ko ari abo banyepolitike bo muri Kenya babaza niba email natanze yaba ari iyanjye.
Ariko baje gukora ubuswa bukabije bohereza iyo email kuruhande bohereje ni yindi basanzwe bohereza bavuga ko ngo bahisemo ikinyamakuru www.inyangenewss.com ku giha isoko ryo kuzajya banyuzaho amakuru yabo. Ibi ni bintu bakoze hafi imyaka (9) buri gihe batanga isoko ritajya riboneka aho niho mvuga ko bageraho bagakoresha n’ubuswa muri gahunda zabo zo kugigira ndetse n’uburyo busuzuguritse cyane.
Ku bigaragara byo Umwakagara Paul Kagame ararwaye kandi cyane, gusa ikitari cya menyekana Ntibizwi niba ari kwivuza bya bi byimba byo mu mutwe cyangwa niba ari kwivuza (SPINO CORD) gusa icyo tuzi kandi twahamya yatangiye kubora umugongo.
Kuba yaragiye kwivuriza muri France, birumvikana kuko umwaka ushize yivurije Germany biramenyekana, kuri iyi inshuro rero yashakaga yuko bitamenyekana ariko yibagirwa yuko uwububa abonwa n’uhagaze.
Kuba arwaye umugongo ni bintu byumvikana cyane, imyaka isaga (30) akora ataruhuka ntiyabura kurwara uwo mugongo watangiye kubora. Ibibyimba byo mu bwonko (brain tumor) nabyo birumvikana guhora urakaye cyane kandi ari nako wica abantu nta bwo biba byoroshye!
Kuko amakuru yose ajyanye n’umwicanyi yaba mu Rwanda cyangwa DRCongo yose ahurira muri kariya gatwe gatoya byumvikana ko bitabura kumugiraho ingaruka ku buryo ya makuru cyera kabaye ahindukamo ibibyimba kubera guhorana imitekerereze mibi itari myiza.
Guhora umuntu arakaye bitera ibibyimba mu mutwe kuko agace gashinzwe ibyishimo mu bwonko, iyo kabuze ibyo byishimo gasa naho kivumbagatanya kagatangira kurakara, ari byo bita (brain tumor) kagahindukamo ibibyimba hakazamo amashyira kubera guhora mu bukonje bw’uburakali.
Naho ikibazo cy’u mugongo birumvikana ko yananiwe kugirira ikizere bagenzi be, ndetse nabo yahaye akazi, abahoza ku nkeke kandi akumva yuko ari we ukora neza cyanw kurusha abandi. Ibyo bigatuma ataruhuka habe namba! Ari na byo byaje kuviramo Nyiramongi Jeannette kujya ashakisha abamuterera abariro kuruhande haje kuvukamo major Kigenza.
Nyuma yuko atangiye kumva ko ari umunyantege nke, nibwo usigaye wumva avuga imikorere mibi ya Leta ayoboye kuko atakibasha gukurikirana buri kantu nkuko yajyaga abakurikirana cyera akiri umusore mu myaka (35–45) none ubu ageze aha ndinda mwana.
Ubu muri telephone twamaze gushyiramo App ibuza za e-mail ziza mu buryo bwa spam kutongera kwinjira muri e-mail yacu. Ubu hazajya hinjira za e-mail zitarimo ubumagigiri cyangwa zoherezwa na ba hackers.
egretnewseditor@gmail.com














