Ibyo mutinya nibyo bizababaho
Ndagirango nongere mbwire abega n’ubwo bigize intumbi za matwi yuko kugigira mukoresheje ikoranabuhanga Kurijye nta bwo bikora. Kohereza za virus na Pegasus mugambiliye kwiba amabanga ari muri za email zanjye nabyo nta bwo bikora kuko mwamaze gucirwaho iteka n’ubu magigiri bwanyu nabyo byaciriweho iteka rya burundu.
Za email mwandika mukoresheje abantu batandukanye, musaba ibintu biri (irrelevant) ibyo ni bimwe mungaruka zo gucirwaho iteka rya burundu.
Noneho mutangiye iterabwoba rya (cybercrime) iki nikimenyetso cy’uko mugeze aharindimuka bidasubirwaho. Mujye mwemera iyo ibintu byabananiye mukaba mutabishoboye mukwiye kwemera kuko uhakana ubugore aragamara.
Mufite ibintu (2) nabahaye amahitamo ariko mwarabyanze:
- Kwemera kuzajyanwa mu butayu mukazabubamo iteka ryose
- Kwishyura € 750
Ibyo mwaba mutabishoboye mukemera urwaje kuko rurabategereje umwanya uwari wo wose muzajyanwa mu butayu bugufiya.
egretnewseditor@gmail.com














