Intambara ya lll y’isi yose ishingiye ku gihugu kimwe kimwe kuzageza igihe ibihugu America ibona ko biyirwanya bizaba birangiye
Amayeri y’intambara ya (lll) y’isi (world war lll) yatangiranye na covid19 hagenderewe kwangiza ubukungu bw’ibihugu byari bimaze kwisumbukuruza mu by’ubukungu ndetse byari bimaze kwinjizwa muri (7G) and 20 G) maze umutegeka w’isi abona ko ingufu ze zigiye kugamburuzwa nibwo hizwe amayeri yo guteza icyorezo cya covid19 kugirango kizarangire ibihugu byinshi bifite amadeni menshi ku buryo bitazatinyuka kwivanga mu ntambara ya (3) y’isi yose.
Aya yari amayeri akomeye cyane kandi yabashoboje kugera kumugambi wabo cyane hari hagambiliwe ibihugu byo kumugabane w’Africa usibye ko na bateguye uwo mugambi bitasigaye inyuma kuko ibyo bari biteze nta bwo ari ko byagenze. Ahubwo icyorezo cya covid19 yibasiye cyane ibyo bihugu byateguye uwo mugambi kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yinjiye muri uwo anyuze muri Amos 3: 15 maze afata virus ya covid19 arayitubura ikajya yihinduranya inshuro (54) ku buryo icyayirangije kwari ukuguma murugo gusa kuko nta wundi muti cyangwa vaccine bari bafite ifite ingufu zo kuyihagarika.
Amos 3:15 I will tear down the winter house along with the summer house; the houses of ivory will also perish, and the great houses will come to an end,” declares the LORD.
America n’Ubwongereza biri mu bihugu byafashe amadeni menshi byitegura intambara bari baramaze kuyitegura binyuze muri za film bagenda basohora uko imyaka igenda ninako bagenda basohoza uwo mugambi mu buryo butagaragara nyamara ku babasha gukurikirana ibya politike byose ushobora kubirebera muri film za CIA na MI5 and MI6.
Igihugu cya Botswana nicyo gishobora kuba gifite umwenda mucye cyane hamwe n’igihugu cya Ethiopia ndetse Mozambique nibyo byashoboye kwishyura bisigarana amadeni macye cyane ugereranije ni bihugu byo kumugabane w’Africa.
Botswana’s debt is growing, with total government debt reaching P68.35 billion (around $4.8 billion USD) in December 2024, representing about 25% of its GDP, according to recent Trading Economics reports, though the IMF noted it hit 28% by March 2025, showing a rising trend amidst economic challenges like diamond sector struggles.
Kugeza magingo aya, ibihugu byo kumugabane w’Africa ndetse wanashaka ugashyiramo ni byo kumugabane w’Asia ndetse n’Uburayi yewe urebye n’isi yose ibihugu byinshi bifite amadeni y’umurengera mu gihe America imaze gufata trillions zigera kuri ($ 38TN); ariko yo urumva ayo bafashe bazayishyura binyuze muri za petrol barimo gushakisha muri Venezuela ndetse bamaze no kugera muri IRAN muri iki cyumweru dutangiye bibaye nta gihindutse ubutegetsi bwa Iran bushobora gukurwaho cyangwa bikarangirana n’uku kwezi kwa mbere.
Ubu dollar $1 riravunja RIAM ryo muri IRAN milliyoni 1.5 mu gihe China yabaguriraga amavuta hamwe na Venezuela Trump yafunze inzira zo mu mazi ku buryo ubutunzi bwabo bwa hananutse bituma abanyagihugu bahitamo kwigaragambya.
Leta yemeye kuba buri kwezi ama dollar $ 7 nka compensation cyangwa impozamarira ya buri kwezi mu gihe cya amezi (4). Ariko nyuma yo kubemerera izo impozamarira bahise bafunga internet rubanda nta baba bagishobora kuba bavugana na bavandimwe babo baba hanze y’igihugu bituma igihugu cyose cyiroha mu myigaragambyo Leta itangira kwica abantu babarashe maze Trump na we ahita atangaza yuko agiye kohereza ingabo zijya gushyigikira Abigaragambya kuko barimo kuraswa n’ingabo z’igihugu kandi abigarambya badafite intwaro.
Kuko ibyo barimo gusaba Leta n’uburenganzira bwabo nka banyagihugu, kubabuza kuganira na babo baba hanze ubwabyo bigize icyaha ku burenganzira bwa muntu ndetse no kuba ari abanyagihugu kuko ubutegetsi bwose bukorera abaturage.
Ubushize twababwiye ko hagiye gukurikiraho igihugu cya IRAN nyuma Ishimutwa rya Nicolas Maduro, ndetse nyuma ya Iran hagombaga gukurikiraho Colombia, ariko president wa Colombia yahise asaba ibiganiro na US-Donald Trump.
Ubu Trump yabwiye CUBA ko niba badashobora gusaba ibiganiro ngo bakore ibyo America ishaka, nta kabuza nayo agiye kuyikorera ibyo yakoreye Venezuela.
Ibihugu byose tuvuze hano, byari amaboko ya RUSSIA and CHINA,
Bisobanura yuko, nibiramuka byemeye kuyamanika, RUSSIA-PUTIN na CHINA baraba basigaye bonyine nta mbaraga bazaba bagigaranye kuruhande rwo gukorera hamwe mu guhungana na US.
egretnewseditor@gmail.com














