Ubugambanyi bwa mpatse ibihugu bukubiye mu Buhanuzi
Amakuru yatohojwe ni kinyamakuru egretnews.com avuga ko igihugu cya Venuzuela cyatanzweho igitambo n’igihugu cya Russia mu maboko ya Donald Trump mu myaka (7yrs ago) ishize kuri manda ya mbere ya Donald Trump aho bemeranijwe na Putin ko azatera Ukraine maze America ikazarebesha ijisho rimwe gusa kandi ikazirinda kuba yafasha Ukraine kugirango Russia yigarurire ibice byose byahoze ari ibyayo mu gihe cya URSS.
Amakuru yatangajwe n’uwa rushinzwe n’uwarushnzwe Russia and European witwa (Fiona Hill) mukiganiro cyise (the exchange offer was recounted at the time in congressional and testimony by (Fiona Hill) who ran Russia and European affairs on the National security council during the first Trump administration.
Mu gihe America yinjiraga muri Venuzuela air system ishinzwe iby ’indege muri Venuzuela ni ya Russia yahumye ijisho rimwe maze America yinjira muri Venuzuela nta nkomyi ndetse abasirikare barindaga Maduro baturutse muri CUBA abagera kuri (32) bahasize ubuzima maze Nicolas Maduro wiringiye Russia bamugurisha icyamunara kuri Trump arashimutwa atwarwa muri America none barimo kurira ayingona.
Baca umugani ugira uti, umugabo wibuze arapfa!
Iyo ubuzima bwawe bushingiye ku wundi muntu kandi akaba ashobora kuba yabona inyungu ziruta izo yakubonagamo birumvikana yuko byanze bikunze azakugurisha ubuzima bwawe bwisange mukaga gateye ubwoba nka Nicolas Maduro.
Aya masezerano ya Trump na Putin yabaye mu myaka (7) ishize niyompamvu Putin atashoboraga kuba yatera Ukraine mu gihe cya Trump, gusa ubwo Joe Biden yagiye ku butegetsi ako kanya Ntibyatinze Putin yahise atera Ukraine ndetse na Trump umwaka ushize yavuze ko kuba muri EU kwa Ukraine ngo nta cyo biyimariye.
Aya makuru tuyakesha ikinyamakuru cya The New York Times.
egretnewseditor@gmail.com














