Sinajyaga mpfa kwemera, ariko noneho ndemeye (aki Mungu pole!!!)

Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze amagambo akomeye cyane kandi ateye ubwoba, ngo kwa Rwigara Assinapol nibo bafite urufunguzo rwo kwikiza, ngo bamufungiye imiryango batwara urufunguzo ngo nta bushobozi akibafiteho. Aya magambo na ya bwiwe inshuro ebyeri nyumva ku nshuro ya (3).

Adeline Mukangemanyi Rwigara ngo afite umutima mubi cyane kandi ugoye cyane, yewe n’Umwakagara w’u mwicanyi amurusha umutima mwiza, kandi ari we dufatiraho icyitegererezo cyibi giteye ubwoba.

Imana ikuyemo akayo karenge. Yewe noneho ndemeye koko abantu bajya byananirana kugeza aho Uwiteka Nyiringabo akoresha igihano cy’urupfu akabakura kw’isi kuko ari nta kindi bakorerwa.

God of Heaven very sorry to hear that.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar