Imanza zitabera zikomeje umurimo mwiza muri America

Kuba US bakuyeho visa z’ibihugu bigera kuri (20) kuko na Burikinafaso nayo bayongeyemo kurutonde rw ’ibihugu (19) rwali rwasohowe n’America, nyuma baza kuyongeramo biba ibihugu bigera kuri (20) bidashobora gukandigiza akarenge muri Amerika. Ibi bivuze ko ni mitungo yabo babitse muri za bank zo muri Amerika ishobora gufatirwa kuko Trump yemera ko abayobozi bo muri Africa biba umutungo wa baturage bakajya kuwubitsa mu mahanga.

Kubajyaga impaka zijyanye ni cyerekezo cy’intambara ya DRCongo vs M23 ngirango babonye igisubizo nyuma yuko Ubundi na DRCongo bisanze kurutonde rw ‘ibihugu (20) bidashobora guhabwa ubuhungiro muri America ndetse abaturage babo bakaba badashobora guhabwa visa ngo babe bahirahira ngo babe basubira muri America.

Amakuru dufite avuga ko ngo abaturage bibyo bihugu (20) bari batuye muri America bamaze kwirukanwa bagomba gusubira mu bihugu byabo baturutsemo kugirango bareke gukomeza guteza umwanda muri America.

Tekereza rero kubafite ibihugu bidafite politike idasobanutse ya munyangire sinzi aho bazerekera, cyakoze kuri DRCongo bo nibura abatavuga rumwe na Leta ya Tshisekedi bazahungira muri M23, ariko se abaturuka Burundi bo bazerekera hehe? Harya Adeline Mukangemanyi yaravuze ngo Imana yishimira Evaliste Ndayishimiye? Yaba ikwishimira ikagukoza isoni nkuko Emmanuel Macron yakojejwe isoni akamburwa visa yo kujya muri America.

Uyu n’umusaruro wurusasu barashe Donald Trump mu gihe cyo kwiyamamaza igihe bamurasaga mu ijisho kubwa mahirwe rugafata ugutwi!

Ubu isi yose iri mukangaratete ibintu bimeze nabi cyane za files numbers zilimo gukora umurimo wazo. Hanyuma se za magigiri zakoreraga Umwakagara ziyitirira ko zaturutse muri DRCongo zirabigenza gute? Urabona ko ikinyoma kitarara bushyitsi!? Mu gihe abanyakadomo bo baguwe neza nta kibazo bifitiye!

Reba abana bigaga muri America bakagarurwa kwiga Igoma na BUKAVU??? Weee!!! Nti bizoroha! mwatanze cash zitubutse ngo banyambure green card yanjye mugirango bizarangira gutyo!? Actually it’s beginning game is almost start so that you may know Who am I?

Ariko nubwo bimeze gutyo ukomye urusyo akoma n’ingasire, abega nabo imbehe bari hafi kuyubika, bimeze nabi cyane barimo kujya impaka zitarangira ngo bakwiye gutanga milliyoni € 750 kugirango batajyanwa mu butayu abandi bakavuga ko badakwiye kuzishyura ahubwo bakwiye kuzitwara bakazazirira mu butayu bugufiya…

Rwabuze gica kandi Umwakagara yabasabye ko babyigaho bakamuzanira igisubizo nimba bakwiye gutanga cash k’Umwami Kigeli Ndoli cyangwa niba badakwiye kuyatanga, babuze igisubizo kuko batazi icyo Umwakagara atekereza nibaramuka bavuze ngo bayatange kandi we atabishyigikiye, cyangwa se bakavuga ngo ntiyatanga kandi we ashaka ko bayatanga, rwabuze gica byabakomeranye ubwo ni ugutegereza tuzamenya umwanzuro wabo byanze bikunze.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar