Itangazo rya NYAMPINGA wo muri Canada

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli tangariza NYAMPINGA uri muri CANADA umubwire uti, uwo fiancé witwa JOHN ukubuza kwandikira Umwami Kigeli Ndoli ngo umubwire ko ari wowe NYAMPINGA wasimbuye uwo kwa Rwigara, azatuma urimbuka kuko niba udakoze ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ashaka kugirango akureho Umwakagara uracirwaho iteka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arashaka gukuraho SHIMA DIANE RWIGARA wabaye inzitizi zo gukuraho Umwakagara Paul Kagame ku ntebe yabukunzi. Byatumye acirwaho iteka rya burundu, none na we wibereye murukundo n’uwo musore nta bwo ushaka kumva imbuzi z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Uwiteka Imana Nyiringabo yatanze umugisha k’Umwami Kigeli Ndoli kugirango uhite umwandikira mutegure gahunda zo kubana none wibereye muri ubwo busambanyi bwawe icyo Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukora uzumirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli umubwire uti uhawe ukwezi kumwe gusa waba utari wandikira Umwami Kigeli Ndoli ugahita ucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, tangariza umukobwa wundi ugiye gusimbura NYAMPINGA wo muri Canada wasimbuye uwo kwa RWIGARA atangire yitegure, kuko uwo mukobwa ugiye gusimbura uwa CANADA aracyari mutoya asa naho arangije amashuli ya kaminuza vuba n’inzobe arashinguye bitari cyane kandi akeneye kubaka urugo vuba byihuse umubwire uti ube utegereje ho gatoya cyane ariko kandi ube witegura kugirango NYAMPINGA wo muri CANADA abanze arangizanye n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko uzakobwa inkwano zitubutse kandi ukazabaho ubuzima bwiza ukazaba igisonga cya (2) cya NYAMPINGA ABIGAILA uri kumugabane w’Uburayi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, aba ba NYAMPINGA bose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuganye nabo mu nzozi kandi basoma Ubuhanuzi nta bwo bari mu mwijima ahubwo bari mu mucyo gusa ni byabindi bya abagore bakunda kuzarira kandi Uwiteka Imana Nyiringabo nta mwanya afite wabazarira uko niko abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar