Ibintu byakomeye cyane,nyuma yo kumva yuko Trump yifuza guhura n’umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kw’isi ya bazima!!!
Dec 15, 2025 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitero bya ba za magigiri hamwe na barushimusi (hackers) bahawe ikiraka n’umwana w’umwega Umwakagara Paul Kagame kugirango bashake uko bakubita hasi ikinyamakuru www.inyangenewss.com
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli dore Umwakagara Paul Kagame ahangayikishijwe ni uko Donald Trump president of united states of America yamaze gutegura ubutumire bwo guhura nawe kuko ni bintu bavuganyeho ariko babiburira umwanzuro kuko Paul Kagame yifuzaga gukoresha Donald Trump ngo amugire igikoresho maze Trump na we aramwangira aho niho havutse ikibazo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira nejo hashize kucyumweru ibitero wabonye muri za email harimo uwitwa Daisy wamaze gucirwaho iteka, ndetse na bandi bigize KRA bakubwira ko ugomba gukora file return bitarenze mukwezi kwa mbere (next year 2026) bari za magigiri (Rwandan hackers) ariko umugambi wabo uburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ikibazo cya www.inyangenewss.com ifite, ni uko ibihanurwa byose ariho bibitse bihora bitegereje ko ibyahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha bisohoza umurimo wabyo niyompamvu bakunze kuyibasira uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ikibazo cyavutse kuko Umwakagara wenyine ni we wagiye kubwira ibyawe president Donald Trump, n’ubwo yarasanzwe abizi, ariko noneho yabaye umuhamya wibyo yarasanzwe azi neza kandi yari ategereje kugira icyo abikora. Ariko kubera ubwoba bw’Abega no guhubuka kwabo bibwira ko ari abanyabwenge kuko bahora bashaka gutanguranwa ndetse ni ibintu batatekerejeho neza ngo barebe ingaruka zabyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuba yifuza ko mugirana ibiganiro s’uko abyifuza koko ahubwo nitanga abagabo kugirango azavuge yuko ngo utifuriza amahoro gakondo ya bakiranutsi kandi uvuga yuko uri Umwami wa mahoro yibwira yuko bishobora kumubera iturufu ryatuma amara kabiri ku butegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli Umwakagara kandi afite ikibazo cyo gutanga milliyoni za ama € 750,000,000 kugirango batazajyanwa mu butayu bugufiya. Aho gukora ibyo Ubuhanuzi bwamutegetsi gukora, ahubwo yirirwa ahamagara Donald Trump agutegeke kwemera ibyo Umwakagara yifuza bijyanye no gusaranganya ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo icyintu Donald Trump wa America yirinze cyane kuko na we yashyizeho abantu bakurikirana ibyo uvuga ngo bumve ibyifuzo byawe ni gituma Umwakagara yirirwa avuza induru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli umwuka wo gukunda ubutegetsi uri mu Mwakagara Paul Kagame, ni wo mwuka uri kwa Rwigara Assinapol kandi bose icyo bahuriyeho ni uko bifuzaga yuko udakwiye guhabwa cyangwa kubona amashillingi kuko byagorana kuba wahabwa ubutegetsi nta cash ufite iyo niyo mitekerereze yabo. Ikindi bahuriyeho, ni uko wemeye ko baguha cash ugomba kwemera no habaho gusangira ubutegetsi. Kwa Rwigara Assinapol bahawe uburyo bwose bwo kwinjira mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo barabyanga kugeza naho umukobwa wabo Anne Uwamahoro Rwigara ahawe igihano cy’urupfu ndetse na bavandimwe be SHIMA na Arioste nabo bakaba bategerejwe gukurwa kw’isi yabazima kubera kwinangira no gusuzugura Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona izo ingabo z’abega zishaka gushimuta gakondo y’Umwami Kigeli Ndoli ngo batware ibyasezeranijwe gakondo yabakiranutsi n’ubwoko bwe, mbona haturutse izindi ingabo inyuma yabo zibagota hirya ni hino zibagotera hagati bose uko bakabaye zifata mpiri maze igikorwa cyabo kiburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
N’intambara ikomeye cyane yabereye kurubuga rwa internet no kurubuga rwa www.inyangenewss.com yarangiye abega baneshejwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
egretnewseditor@gmail.com













