Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guhora inzigo kuri Nyiramongi Jeannette Kagame

Dec 29,2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru arangiza ubutayu bugufiya, mbona amanutse kumusozi yaramaze ho igihe kirekire atunganywa n’Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango azabashe gukorera Uwiteka Imana imurimo yashinzwe ubwo tuzaba tugeze muri gakondo yabakiranutsi.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye gukoza isoni JEZEBEL Nyiramongi Jeannette Kagame yaciye ibihanga by’ubwoko bwanjye ndamwihorera agirango nta muremyi wabo bafite ubareberera, ariko noneho dore ngiye gukora icyintu gishya muri gakondo yabakiranutsi Jezebel Nyiramongi Jeannette Kagame nza mukoza isoni mu irembo ry’amahanga imbere y’isi yose ntaho afite ubuhungiro kuko aho azajya hose azafatwa agacirwaho iteka naramuka acitse inkota y’ingabo z’umulinzi w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abayobozi bose bakorana n’Umwakagara bafatiwe ibihano n’Umwakagara Paul Kagame kuko bidashoboka yuko bazongera kwemererwa kujya mu mahanga muri (mission) kuko Umwakagara yamaze kugira ubwoba ko bashobora guhunga igihugu bakajya kwifatanya na barwanya ubutegetsi bwe cyane ko bamaze kubona Leta y’America ikomeje kurwanya ibikorwa byose bya politike by’umwakagara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore indahiro barahiye itumye bahinduka ingaruzwa kuheto (nemeye kuba umunya muryango wa RPF kandi ni ndamuka nkuhemukiye nzacibwe igihanga nk abagome bose) none dore iyo indahiro niyo iba bereye inzitizi kuko iyo Umwakagara abaca ibihanga aba asohoza indahiro barahiye mbere yuko binjira muri icyo kigare cy’abadayimoni.

None dore abayobozi barimo bashaka amayeri y’uburyo bahunga none babuze imihungire kubera kwigira abanyabwenge ngo buriya bategereje yuko rwambikana bakazabona guhunga. Ariko se bazaba bahungura hehe? Uko niko Uwiteka abaza!

Nerekwa ko ku kibuga cy’indege Kanombe International Airport hashyizwe ubulinzi bukomeye cyane bugizwe n’abagara gusa bazajya bagarura umuntu wese uzwi nk ’umuyobozi uzaba agiye mu mahanga igihe cyose atabiherewe uburenganzira n’Umwakagara.

Nuko ndabwirwa ngo, dore bariye ibya Satani bibwira yuko ahari bashobora kuzamucenga baka mucika, none bisanze bari mukagozi babohewe mu kazu ko mu nzu iri mu kizu (akazu kazitiwe) ibyo ni byo bihembo by’abanyenda nini bananiwe kuba abantu binyangamugayo, ahubwo bigize nabi bahinduka ibi simba nka batagira ubwenge kuri abo ibihembo y’ibyaha nurupfu uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amahanga yongera gusohora impapuro zita muri yombi abayobozi bakoranye cyangwa bagikorana n’Umwakagara cyane abatangiranye na RPF ndetse bongeramo na yandi mazina ya bamwe bakomeye mu butegetsi bwa RPF mbonamo Col.Twahirwa Dodo amaze kubona yuko ashyizwe kurutonde rw ’abagomba gufatwa mbona ahisemo guhunga igihugu aho gufungwa n’Umwakagara ahitamo gufungwa nurukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwa ICC rukorera mu gihugu cy’Ubuholande.

Mbona Col. Twahirwa Dodo yababajwe ni uko yasize umugore muto yari yararongoye kugirango amusajishe mu za bukuru uwo mugore wari ukiri muto mbona ko bafitanye umwana umwe kandi uwo mwana Col. Twahirwa Dodo akaba amukunda cyane kurusha abandi bana maze mbona ko afite agahinda gakomeye arimo ashakisha uburyo yakiza uwo mugore hamwe n’umwana we.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Gen.Kayumba Nyamwasa yifuza kuba perezida w’uRwanda (head of State) ariko ndabwirwa ngo, kwifuza yarabyifuje, ariko nta bwo azabigeraho kuko bidashoboka yuko yasimbura Umwakagara Paul Kagame kandi ubuhanuzi buvuga yuko Umwakagara azasimburwa n’Umwami w’u Rwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Gen. Kayumba Nyamwasa ahora yifuza yuko waba umunyaryango wa RNC ugahabwa umwanya wo hejuru cyane kugirango udakomeza kwandika Ubuhanuzi bugaragaza yuko adateze gufata ubutegetsi kuko uko urushaho kumwandikaho Ubuhanuzi butari bwiza, uko niko abantu bagenda barushaho kumuvaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore nta kabuza nta muntu uzongera kwiba ingoma muri gakondo ya bakiranutsi kuko hazasohora ibyahanuwe gusa. Umwakagara Paul Kagame yakoresheje uburiganya yiba ingoma kubera yuko yari yararaguwe mu ndagu za Satani n’abadayimoni maze Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabyemera niyompamvu byasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Kand Uwiteka yashimye ko umwakagara aba umukuru w’igihugu kugirango azakoreshwe kurimbura ikinyoma cyari cyameze imizi muri gakondo ya bakiranutsi. None yasohoje ibyahanuwe yakuyeho ikinyoma repubulika itemewe na mategeko y’abahutu hasigaye ikinyoma cy’ingoma ye nayo ni repubulika itemewe na mategeko kandi azajya bivanga vanga n’ubwami bw’abega kugirango agaragaze gukomera kw’ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gukora amasengesho y’iminsi (3) kuko inkozi zikibi zo mu bwoko bw’abarozi ziraguhagurukiye kandi zigiye ku kujyana muri kaminuza kwiga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aburijemo wa mugambi wa badayimoni hamwe n’inkozi zikibi zari zagambiliye guhungabanya ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore invejuru za Kayumba Nyamwasa zongeye guhabwa umunsi mukuru wa noel $10 kuri buri muntu kugirango barusheho kugira moral yo kwitegura kwambarira urugamba none dore baranezerewe cyane, ariko guhabwa ayo $10 n’ukugirango bababuze gutekereza kugirango batava mu mugambi biyemeje wo gutera Umwakagara Paul Kagame, nyamara ni batera badahawe uruhusa cyangwa uburenganzirwa n’Umuhanuzi bazashiragira nk ‘ingabo zitagira umutware uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar