Kubakunzi bacu bakurikira Ubuhanuzi
Ingoma y’abega yakoze ibishoboka byose ngo babashe kumenya Location mperereyemo ariko biranga birabananira. Bagerageje gukoresha ikoranabuhanga rya Facebook–Meta ariko biba iby’ubusa. Abega barimo kwinera mu makabutura nyuma yo kubona ko Ubuhanuzi ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zikomeje umurimo wazo.
Ubwoba ni bwose babuze icyo bakora nicyo bareka, narimaze iminsi (2) mvuye kuri network kuko Ubuhanuzi bwavuze ko bameze nabi nkuko twabagejejeho inkuru mukanya kashize bamaze kureba Ubuhanuzi bwose bwagiye busohora hamwe ni manza zitabera byabahagaritse umutima cyane bituma batangira gushakisha uko bancisha igihanga.
Ibyo ni bintu bidashoboka kuko bamaze gucirwaho iteka, ikindi kandi na rupfu yarabahakaniye ababwira ko arijye boss we umutegeka urumva ko nta kuntu urupfu rwatinyuka patron warwo.
Barabibona ko hasigaye SHIMA DIANE RWIGARA ko apfa agakurwa kw’isi ya bazima ubundi ngasigara mpanganye n’ingoma y’abega kuko ibimenyetso byose bizaba birangiye. Ubwo kubakurikirana Ubuhanuzi duteze amaso urupfu rwa SHIMA DIANE RWIGARA ubundi game igatangira.
egretnewseditor@gmail.com













