Ntabwo umwuka w’Ubuhanuzi ni manza zitabera bizakomeza kwihanganira gusuzugurwa na bantu

N’ubwo kwa Rwigara Assinapol bakomoka mu nzu y’Abahindura, ariko Ubuhanuzi bwo bubita Abashambo n’abasinga izina rusange ry ’abamaze gucirwaho iteka rya burundu ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the Abahindura clan obtained № 35,307/0011/0025 thus is heaven decisions.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the Abagege clan obtained № 35,308/0011/0025 thus is heaven decisions.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the Abakono clan obtained № 35,309/0011/0025 thus is heaven decisions.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to Agnes Nkusi obtained № 35,310/0011/0025 thus is heaven decisions.

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru biratangaza ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukora ibikomeye cyane ahereye mu miryango yasuzuguye imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ijuru rikomeza rivuga ko:

Imiryango y’abega, abashambo, abasinga, abashingwe, niyo miryango ihagarariye iyindi miryango yamaze gucirwaho iteka rya burundu yuko igiye guhanagurwa kw’isi yabazima.

Itangazo rikomeza rivuga ko iyi miryango igiye kubanzirizwa no kwa Rwigara Assinapol basuzuguye Uwiteka Imana Nyiringabo hamwe n’umugaragu we Majeshi Leon Ainesha bagahanagurwa kw’isi yabazima ku buryo batazongera kwibukwa ukundi.

Ijuru rikomeza rivuga ko mu ba bakomokaho ari nta numwe uzasigara wo kubara inkuru, dore Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukora icyintu gitangahe cyane kandi kizaba iciro ry’umugani, aho agiye kwigabaza imiryango yavuzwe hejuru yose akayihanaguraho burundu kw’isi yabazima.

Dore barirata ifeza n’izahabu kandi arijye wa bibahaye, niyompamvu izo feza ni zahabu batazabirya ahubwo bizaribwa na bandi batabiruhiye kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uca imanza zitabera.

Dore abandi barirata amagare na mafarashi amazu y’ibitabashwa n’intwaro zikomeye cyane aho bibwira yuko bishobora kubakiza kumunsi w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Dore kwa Rwigara Assinapol basuzuguye umugaragu wanjye navugiye mu kanwa kenshi ariko mwanze kumwumvira kubera ubutunzi nabahaye bwabazibye amatwi yuzuyemo ibinure niyompamvu mutumva. Kubera iyompamvu nanjye mbateje akaga ibyago na makuba kandi nta muntu n’umwe uzabasha kubakiza cyangwa kubatabara kugirango mu menye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nta bwo ntinda ahubwo ndihuta cyane gusohoza ibyo mbavuzeho kuko ari isezerano mbahaye mu yandi masezerano akomeye cyane. Nabinginze kenshi cyane ariko mwanze kunyumvira ahubwo mwikorera ibyo mwishakiye mwibwira yuko kunyumvira ari uguhemuka. Nyamara nimwe mwahemukiye kandi nimwe mwigiriye nabi dore nkoze ibitangaza bikomeye kuri mwe kugirango isi yose yemere ko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nohereje umujinya wanjye ngo umanuka nonaho kandi umanukire kurimwe kugirango ukore umurimo wanjye maze abantu bose babazi batangazwe ni uko ibi mbavuzeho bihise bibasohoraho ako kanya kugirango imitima yabo itinye kandi igire ubwoba bamenye ko nd’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo waremye ijuru n’isi.

Mubaye iciro ry’umugani kandi mubaye igisuzuguriro ndetse mubaye igitangariro gikomeye kw’isi yabazima. Ayo maboko mwirata ntimuzongera kuyagira ukundi. Uzashaka kubatabara umujinya wanjye nzawumusukaho inshuro (7×70) na we murimbure kw’isi yabazima kuko yashatse kwitambika imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Murarimbutse burundu ndetse na hanyu ntabwo hazongera kwibukwa ukundi. Ibyanyu byose mbirundiriye mu butayu bugufiya, kandi ntabwo mbishyizemo bihagaze, ahubwo mbijyanyemo byubamye kugirango hatazagira niyumuti izasigara yo kubara inkuru kumisozi mutuyeho hazasigara ari imbuga kuko amatongo yanyu yose ajyanywe mu butayu bugufiya bw’iteka ryose.

Nta muntu uzatura mu matongo yanyu, kuko bazasanga ari ikibuga bakiniraho umupira. Ntawuzamenya ko higeze gutura abantu kuko ari nta kimenyetso kizasigara kibigaragaza. Nzahanagura imyanda yose ikurweho burundu.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar