Kumena amaraso atariho urubanza nishyano!!!

Uyu musaza umubiri we wamaze kubora kandi akiri muzima, harya ngo n’ugukunda ubutegetsi gusa, yafashe akaruhuko naho yapfa ko nta deni Imana imufitiye ko yamuhaye byose bishoboka aho kugirango akomeze kumungwa nk’igiti gishaje cyabuze uwacyanura ngo agicane agishyire mu muriro byibuze giteke ibyo kurya.

Umubiri we nta bwo ungana ni myaka ye, hari abakuru b’igihugu bagenzi be bamurusha imyaka nyamara imibiri yabo ntabwo iramungwa nkuko yamunzwe! Iki ni kibazo cyo kumena amaraso menshi cyane bigatuma umubiri uhorana ubwoba bikawuviramo kumungwa umuntu agihagaze (dead walk).

Wagirango ni ya mineke yahiye ikabura uyirya kugeza aho itangira kuzana madoadoa nk’ikimenyetso cyo kubora. Yewe koko Imana iraguha ntimugura, muguze ya guhenda, iyo yaguhaye iraguha kuzageza ubwawe winaniwe. Buriya umuhungu we Muhoozi Keinerugaba nta cyo bimubwiye?

Nukuli nukuli gusa gutya, bigaragara neza ko ari umuvumo wamaraso yamennye atariho urubanza kabisa! Igitangaje nta nisoni agira agahagarara imbere ya bantu. Weee!!! Biteye ubwoba cyane aho umuntu abora nkumuneke agihumeka kandi akagenda apfa yumva gahoro gahoro.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar