Abegereye Adeline Rwigara mugerageze mu mutware mu bitaro bivura indwara zo mu mutwe ndabinginze!!!
Umuryango wa Rwigara Assinapol bakwiye kureba neza niba Adeline Rwigara atarwaye mu mutwe kuko nimba ashobora guhakana ubu Buhanuzi bwamaze gusohoza umulimo wabwo yaba afite ikibazo mu bwonko
April 28,2019 Njyanwa mu iyerekwa ku nkengero z’ubutayu bugufiya bugera mu majyepfo no mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’Africa, hafi na ya Nyanja iheruka ubwo butayu.
igice cy’i(111) cy’Ubuhanuzi

Mbona BEN RUTABANA na mwishwa we «Anne Uwamahoro Rwigara» barimo kubyina umuziki wo mu bwoko bwa ROCK,akabyiniro kabo kari hagati muri ubwo butayu,naho ababarebaga uko babyina bari bicaye haruguru ku musozi munsi y’umuhana utuweho uri haruguru yubwo butayu.Kandi n’Umuhanuzi nawe yarari mubabarebaga uko babyina uwo muziki.Ariko «Anne Uwamahoro Rwigara» niwe wabyinaga cyane kurusha Nyirarume BEN RUTABANA.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,burira abo bahanuriwe hejuru yuko abega bamaze kubagambanira kandi bagiye kubagirira nabi maze bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

NB: Ariko cyane cyane uburire Anne Uwamahoro Rwigara ashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi nawe umufashe kuko ni umukobwa w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi isezerano ry’Uhoraho riri hejuru ye niyompamvu abega bamurwanya bivuye inyuma kuko umuryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol watoranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo ku zakoreshwa ibikomeye cyane muri gakondo ya bakiranutsi no gusohoza isezerano ry’Uhoraho niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
igice cya (257) cy’Ubuhanuzi
OCT 16,2023 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli,uburire ‹Madam Adeline Rwigara› umubwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ukunda kujya mu bahanuzi kubaza kandi ibyo bakubwira ntaho bihuriye n’ukuli kwanjye.
NB: Ukwiye kureka kubaza abahanuzi kuko na bahaye Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha akaba n’umucamanza uca imanza zitabera,ni wongera kujya mu bahanuzi, yaba wowe cyangwa uwo mugore uguhanurira mwembi nzabajyana mu butayu mujye kwigishwa uko bumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abahanuzi n’abahanuzi kazi,bose baciriweho iteka,kubaza abahanuzi muri iki gihe,bisa no gukama inka yapfushije iyayo, cyangwa gukama amata ya marindira uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Dore intambara zose wahuye nazo si wowe wazirwanye, ahubwo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ni we wazirwanye.Ndetse ni zindi zigutegereje si wowe uzazirwana, ahubwo Uwiteka Imana Nyiringabo ni we uzazirwana. Niba udakoze ibyo usabwa gutunganya ngo usohoze umugambi w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, witegurire guhangana n’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko intambara ye na we muzayirwanira mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nerekwa mbona hamanuka umwuka w’ubuhanuzi urakariye cyane abahanurira Madam Adeline Rwigara, ndabwirwa ngo, Umwami Kigeli Ndoli uburire abo bahanuzi n’abahanuzi kazi, uti, akaga, ibyago, amakuba, birabamanukiye kuko mukora ibinyuranye n’itegeko ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Muvuga ko Uwiteka yavuze kandi atavuze, mwishakira amaramuko, ngaho rero ni mwitegurire kwinjira mu butayu bugufiya vuba cyane kugirango mujye kwigishwa uko bubaha Uwiteka bakanamukorera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore hari abahanuzi balimo kubwira «Madam Adeline Rwigara» yuko adakwiye gushyingira Umwami Kigeli Ndoli abakobwa be bombi.Cyane cyane aho balimo kumubwira ko akwiye ku gushyingira «SHIMA DIANE RWIGARA» naho «Uwamahoro Anne Rwigara» bavuga ko bazasenga Imana ikababwira uwo bazabana nawe,uwo mugambi n’umugambi wa badayimoni aho mugiye gushyira «ANNE Uwamahoro Rwigara» mu butayu bwo kumpera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,ngaho ni mu bigerageze kubitegura no kubishyira mu bikorwa murebe ikizababaho kuko mwashatse kwitambika imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Nerekwa Madam Adeline Rwigara hamwe n’abahanuzi n’abahanuzi kazi bicaye mu butayu kumugina barabaye imbohe.Mbona Anne Uwamahoro Rwigara aturuka mu burengera zuba bw’ubutayu bugufiya afite imbunda ilimo amasasu menshi cyane za magazine nyinshi alimo gushakisha umubyeyi we aho yajyanywe mu butayu bugufiya kubera ko yashatse kubangamira ijambo ry’Ubuhanuzi n’umugambi w’Uwiteka Imana Nyiringabo.Abona ko adashobora kubona mama we, maze aza kureba Umwami Kigeli Ndoli wari wajyanywe mu butayu kujya gutegereza igisonga cya «NYAMPINGA» agira amahirwe turahura mujyana kumwereka aho mama we afungiye mu butayu bugufiya hamwe n’umugore wajyaga amahunurira,mbohora mama we, wa mugore (Church) ndamwirukana ahungira kumpera z’ubutayu aba ariho ajya gufungirwa kugirango abashe kumva no kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse!
17 OCT,2023 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi,mbona ibigiye kuba muri icyo gihugu biteye ubwoba,inkeke,n’amakenga.Mbona abanyamadini «Synagogues Leader, and religious» bamanurwa mu butayu bugufiya baba ariho batura hababera ubuturo bw’ibihe bakajya bacuranwa ibibanza byo hagati mu butayu aho bubaka amazu yabo kuko basaga naho bashimye kwibera mu butayu kuko ari biti cyangwa amabuye byaharangwaga mbona bubatse insengero zabo,ndetse na mazu yo guturamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,abakobwa bari bategereje gushyingirwa ubukwe bwabo buzabera mu butayu bugufiya hafi y’inzira nyabagendwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com













