Bombori bombori mu muryango wa Rwigara Assinapol
Nyuma yuko iminsi yahawe umuryango wa Rwigara Assinapol igera kuri (54) yakuweho ni uko bashatse gukoresha uburiganya bwo gukurirwaho za files numbers zijyanye ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ariko inyuma yibyo hari hihishe umugambi mubisha wo gushaka gushimuta ubwami bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, bitwaje SHIMA DIANE RWIGARA wari NYAMPINGA w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo hamwe na murumuna we Anne Uwamahoro Rwigara witabye Imana Dec 28, 2023.
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bimaze kubona ubwo buriganya ijuru ryategetse ko iminsi bari barahawe ikurwaho (ultimatum cancelation) amahirwe bari bahawe yo gushaka Umwami Kigeli Ndoli asa naho arangiye gutyo.
Ejo ku wa gatatu havutse ikindi kibazo cyateje bombori bombori mu muryango wa Rwigara Assinapol, abana be bemera Ubuhanuzi ni manza zitabera, ariko nyina ubabyara Mukangemanyi Adeline Rwigara we ntiyemera Ubuhanuzi ni manza zitabera byandikwa n’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha kandi arabirwanya cyane yivuye inyuma.
Ubwo bombori bombori yavutse ejo ku wa gatatu taliki ya 12/11/2025 ni uko abana be bashaka kwikiranura n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango Ubuhanuzi bwa bavuzeho bujyanye nurupfu rwihuse rushobora kubageraho vuba byihuse bakirandagizwa na nyina dore yigize nk’imana ishobora byose.
Muri iyo bombori bombori yamaze umwanya munini byarangiye abana bafashe umwanzuro ko bo Bazashaka Umwami Kigeli Ndoli bakavugana na we bakumvikana kumuha ibyo abasaba byose ariko bagakurirwaho files numbers bahawe n’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo.
Uwo ni wo mwanzuro bafashe bombori bombori barimo naho yarangiriye. Bavuze ko ngo bazandikire Umwami Kigeli Ndoli ku wa (3) wicyumweru gitaha 19/11/2025 bakavugana na we ubwo ni next week.
Yaba ijuru cyangwa umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nta cyo bavuze kuri iki cyemezo cy’u muryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol wishwe n’abo ku ngoma y’abega.
egretnewseditor@gmail.com













