Umusomyi wacu watwandikiye witwa Mugisha clement ashobora kuba yigiza nkana cyangwa aka atazi amateka y’urwagasabo

Mugisha urakoze kutwandikira utubaza iby’ingoma y’Abashambo n’Abasinga, mu byukuli baca umugani ngo usinzira areba ikirago aba yigiza nka. Ibijyanye namakuru yo mujuru dutangaza aturuka mu ijuru kandi uyaduha abifitiye gihamya, none se urahakana yuko Abega, Abashambo, Abasinga, Abashingwe, ataribo bagize government y’uRwanda ni ya Uganda? None mwageretseho na DRCongo ari nako mucamo abanyarwanda ibice kugirango mwiharire ibyiza by’ibyo bihugu abandi babere abagaragu kandi mwarafatanije kubigeraho.

None se wahakana yuko ataribo bishe Gen.Gisa Fred Rwigema? Common be realistic please!

Ese twebwe buriya mubona tutari abantu nkamwe? Ntabwo turi Abatutsi kimwe namwe? Banza unsubize utwo tubazo mbere yuko Dukomeza.

Bro nkubwo iyo uvuma abashambo na basinga Ninde wakubwiye ko twe duhagarariwe nabo utwitirira abaduhagarariye!?? Umuheza Nguni wumugaragu wi ngoma uvuga itanabaho nimba ibaho yitwa ite;!!!!?

Mugisha Clement <mugishaclement80@gmail.com>

 <egretnewseditor@gmail.com>
9:13 AM (9 minutes ago)
to Mugisha

Mugisha very sorry jye ni akazi nahawe n’Uwiteka Imana Nyiringabo ni we uduha amakuru y’ibintu uko bimeze. Ariko kandi nawe reka kwigiza nkana cyereka niba utazi amateka. Ukuli kugomba kuvugwa kugirango dukemure ibyakorewe mu ibanga. 

On Fri, Oct 31, 2025, 2:18 AM Mugisha Clement <mugishaclement80@gmail.com> wrote:

Nonese bigatuma uvuma abashambo na basinga nkaho ziriya nyangarwanda ziduhagarariye kowavuze amazina yabo bifuriza ibibi urwanda na message tukayumva kuvuma abashambo na basinga muri rusange bivuze iki!!!!? Ese ko ntawavumye ibyo abega bakoreye ingoma ya bene gihanga wibwira ko tutazi amateka yacu 🤔 gsa twe ntituri inyangarwanda uzarutwara mu mahoro wese azaba afite ububasha bwu witeka na bene gihugu so kugereka iyo mivumo kubantu rusange ni kosa nkeka ko ni mana itashyigikira
On Fri, Oct 31, 2025, 08:14 Majeshi Ntakirutimana <egretnewseditor@gmail.com> wrote:
Mugisha very sorry jye ni akazi nahawe n’Uwiteka Imana Nyiringabo ni we uduha amakuru y’ibintu uko bimeze. Ariko kandi nawe reka kwigiza nkana cyereka niba utazi amateka. Ukuli kugomba kuvugwa kugirango dukemure ibyakorewe mu ibanga.
On Fri, Oct 31, 2025, 2:18 AM Mugisha Clement <mugishaclement80@gmail.com> wrote:
Nonese bigatuma uvuma abashambo na basinga nkaho ziriya nyangarwanda ziduhagarariye kowavuze amazina yabo bifuriza ibibi urwanda na message tukayumva kuvuma abashambo na basinga muri rusange bivuze iki!!!!? Ese ko ntawavumye ibyo abega bakoreye ingoma ya bene gihanga wibwira ko tutazi amateka yacu  gusa twe ntituri inyangarwanda uzarutwara mu mahoro wese azaba afite ububasha bwu witeka na bene gihugu so kugereka iyo mivumo kubantu rusange ni kosa nkeka ko ni mana itashyigikira
On Fri, Oct 31, 2025, 08:14 Majeshi Ntakirutimana <egretnewseditor@gmail.com> wrote:

On Fri, Oct 31, 2025, 2:18 AM Mugisha Clement <mugishaclement80@gmail.com> wrote:

Mugisha Abashambo bahize ubugingo bwanjye bashaka kunyica kandi twese twarahunze abega, Abasinga baramfunze Imana irantambara. Kandi mbere yo kubavuma cyangwa kubaciraho iteka nabahaye umwanya ngo twiyunge baransuzugura bambwirako ndi mayibobo(street kids) nubu ndatangaye kubona hariho umuntu umeze nkawe ubasha gusobanukirwa umuvumo uturuka k’Umuhanuzi. Bigaragara ko uri umunyabwenge. So what you will do wowe ku giti cyawe nabawe mushake cash ngukurireho uwo kuko mbona biguhangayitse maze ugire amahoro mu mutima. Wandike amazina yawe nabawe(your personal family and then I will help you ejo utazavuga ko ndi umugome. OK,

Thank you

Translate »
Skip to toolbar