Ruto yasinye amategeko (8) abangamiye rubanda ndetse ni manza zitabera
President Samuei William Ruto ubwo yaramaze kumenya ko Raila Odinga yashizemo umwuka, yahise asinya amategeko (8) alimo gufunga umuntu wese uzakoresha (social media) za nkoranyambaga nabi, cyangwa se agatanga (20m) kenya money ya yabura agafungwa igihano cy’imyaka (10 yrs in prison).
Account yuwo muntu izafungwa, niba akoresha website nkuko dukoresha ibinyamakuru itegeko rye rivuga ko izo website zigomba gufungwa. Ndetse na za apps zikoreshwa muri za telephone zigomba gufungwa cyangwa banyiri apps bagafunga apps yabo muri telephone uwo muntu cyangwa yabo bantu bakoresha mu bwisanzure bwo kuvuga ibitange mu butegetsi bwe.
Yashizeho amategeko menshi aremereye alimo gufunga umuntu wese watangaza Ubuhanuzi butera ubwoba cyangwa impagarara muri rubanda. Cyangwa se imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Yasinye itegeko rigurisha ibigo (15) bya Leta bilimo pipeline ishinzwe ibikomoka kuri petrol ko bigomba gutezwa icyamunara bigahabwa abikorera ku giti cyabo aho bikekwa ko yaba ashaka ku byigarurira bagahinduka umutungo we.
Uwahoze ari chief justice DAVID MARAGA na Ruben Kigame batwaye application mu butabera guhagarika iyo imyanzuro ica iteka ya mategeko ya RUTO kuzageza urukiko rucyemuye icyo kibazo rukemeza amategeko ye cyangwa rukayahakana icyo gihe niho bizamenyekana uko bimeze.
egretnewseditor@gmail.com














